Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame Ati: ‘Uko Muzatora Ndakwizeye’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaPolitiki

Kagame Ati: ‘Uko Muzatora Ndakwizeye’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 July 2024 3:00 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umukandida wa FPR Inkotanyi Paul Kagame yabwiye abaturage ba Gicumbi ko yizeye ko bazatora neza ubundi igihugu kigakomeza amajyambere.

Avuga ko ibyo Abanyarwanda bageze ho bafatanyije, ari byo bikwiye kuzakomeza.

Kagame avuga ko yizeye ko abanya Gicumbi n’abandi bo mu tundi turere bagomba kuzazinduka bakajya kwitabira amatora kandi ko yizeye uko bazatora.

Umukandida wa FPR-Inkotanyi yashimye abanya Gicumbi ko ibyo bari baramwijeje ko bazakora mu mwaka wa 2017 ubwo yazaga kwiyamamaza babigezeho .

Yababwiye ko ibyiza bikubye ubwinshi ibyagezweho bizagerwaho mu gihe kiri imbere.

Kagame yabwiye abaturage bari baje kumwumva ko amajyambere Abanyarwanda bifuza muri iki gihe bayakozaho imitwe y’intoki.

Yavuze ko ibyo bizagerwaho mu mbaraga n’ubwenge abakiri bato bafite.

Yijeje abaturage ba Gicumbi ko ntacyo bazaburana Inkotanyi.

Mu ijambo rye kandi yavuze ko nyuma y’uko amatora azarangira, azagaruka kwifatanya nabo kwishima.

Ati: ” Ndabizeye rwose kandi igihango mwavuze dufitanye kiracyari cya kindi”.

Kagame yabifurije amahoro y’Imana ahita arangiza kwiyamamaza kwe yakoreye muri aka Karere.

Kuri uyu wa Kane azakomereza mu Karere ka Gakenke mu Ntara y’Amajyaruguru.

TAGGED:AmatorafeaturedFPRGicumbiInkotanyiKagameRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Sudani Y’Epfo Yashinze Banki Nkuru Y’igihugu
Next Article Senateri W’Umunyamerika Wari Inshuti Ya Kagame Yatabarutse
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

DRC: Abanyamahanga Ntibemerewe Gukora Ubucuruzi Buto Buto

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?