Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame Na Madamu Bifatanyije Mu Isabukuru Y’Amavuko Ya Tito Rutaremara
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaPolitiki

Kagame Na Madamu Bifatanyije Mu Isabukuru Y’Amavuko Ya Tito Rutaremara

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 November 2024 7:53 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mzee Tito Rutaremera yaraye yizihije isabukuru y’imyaka 80 amaze avutse, ibi birori bikaba byitabiriwe na Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame.

Amateka y’ubuzima bw’inararibonye Tito Rutaremara:

Yujuje imyaka 80 y’amavuko

Tito Rutaremara yavutse mu mwaka wa 1944, avukira muri Kiziguro muri Gatsibo mu Ntara y’Uburasirazuba.

Imyaka itanu y’amashuri abanza yayigiye i Kiziguro h’aho umwaka wa Gatandatu awigira mu Ruhengeri muri Nemba.

Nyuma yize imyaka ibiri mu Isemiranari ku Rwesero ndetse yiga umwaka umwe n’igice muri St Andre, ari bwo we n’umuryango we bahitaga bahunga bajya muri Uganda.

Ageze muri Uganda n’umuryango we, yaje gushaka ishuri ndetse araribona, yiga mu ishuri rikuru mu bijyanye no kwigisha ndetse ahakura Bourse yo kujya kwiga mu Bufaransa ahakura Licence, Maîtrise na Doctorat.

Hon.Tito Rutaremara yakoze imirimo myinshi.  Niwe wari umuyobozi w’akanama kashyizeho FPR-Inkotanyi mu mwaka wa  1987, yabaye mu ishyaka NRM riyoboye Uganda  ubwo ryafataga ubutegetsi Museveni akajya ku buyobozi mu mwaka wa 1986.

Rutaremara yayoboye akanama kashinze Umuryango FPR Inkotanyi mu mwaka wa 1987

Nk’umwe mu mpuguke n’inararibonye u Rwanda rufite, mu 2019 yagizwe Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu Ngishwanama rw’Inararibonye, asimbuye Dr. Iyamuremye Augustin wari wagizwe  Umusenateri akanatorerwa kuba Perezida wa Sena.

Tito Rutaremara kandi yabaye Umunyamabanga Mukuru wa FPR-Inkotanyi (1987-1989), aba Komiseri ushinzwe Ubukangurambaga (1989-1991) ndetse aba Umuhuzabikorwa wa Politiki n’igisirikare (1991-1993).

Yabaye Umudepite (1995-2000), ayobora Komisiyo yo gushyiraho Itegeko Nshinga riyobora u Rwanda muri iki gihe (2000-2003), aba Umuvunyi Mukuru (2003-2012) aba n’Umusenateri.

TAGGED:AbaturagefeaturedInararibonyeJeannetteKagameMadamuRutaremaraSenateri
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ntibitura Yagizwe Guverineri W’Intara Y’Uburengerazuba
Next Article Wayz Na Juno Bongeye Kugaragarizanya Urukundo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?