Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame, Ouattara, Tshisekedi… ‘Bategerejwe’ I Paris
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Kagame, Ouattara, Tshisekedi… ‘Bategerejwe’ I Paris

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 April 2021 4:03 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Tariki 18, Gicurasi, 2021 biteganyijwe ko Perezida Paul Kagame azitabira inama izahuriza Abakuru b’ibihugu by’Afurika n’u Bufaransa kugira ngo baganire ku izanzamuka ry’ubukungu bw’Afurika.

Jeune Afrique yanditse ko mu bakuru b’ibihugu bazitayitabira harimo n’uw’u Rwanda Nyakubahwa Paul Kagame, akazaba ari kumwe na bagenzi be barimo Felix Tshisekedi, Alassane Ouattara, Muhamadu Buhari, Cyril Ramaphosa, Uhuru Kenyatta, na Joao Lorenco wa Angola.

Ni inama izaba yateguwe n’Ibiro by’Umukuru w’u Bufaransa  Emmanuel Macron, ikazigirwamo uko ubukungu bw’ibihugu by’Afurika byafashwa kuzamura ubukungu bwabyo nyuma ya COVID-19.

Bivugwa ko izaba ari inama igamije kongerera akuka ubukungu bw’ibihugu by’Afurika kugira ngo bwongere buzamuke nka mbere ya COVID-19.

Ikindi kivugwa ariko kizaganirwaho kigafatwaho umwanzuro ni ugukuriraho ibihugu by’Afurika umwenda bifitiye ibihugu bikize kandi urwego rw’abikorera muri Afurika rugaterwa inkunga, rukazamuka.

Muri iriya nama kandi hazaba harimo Perezida wa Komisiyo y’Umuryango w’Afurika yunze ubumwe, Bwana Mussa Fakki Mahamat na Perezida wa Banki Nyafurika y’Iterambere Akinwumi Adesina.

Ku ruhande rw’abazikira iriya nama, hazaba hari abategetsi ba bimwe mu bihugu bigize G7 na G20 n’ibigo mpuzamahanga by’imari nka Banki Y’Isi n’Ikigega mpuzamahanga cy’imari.

Iriya nama iri gutegurwa n’abantu batandukanye ariko bayobowe n’itsinda ririmo Donald Kaberuka, Tidjane Thiam, Donald Kaberuka, Ngozi Okonjo-Iweala na Travor Manuel.

Ramaphosa azaba ahari

TAGGED:featuredKagameMacronOuattaraParisTshisekedi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Vladimir Putin Yasinye Itegeko Rishobora Kumugumisha Ku Butegetsi Kugeza mu 2036
Next Article Imirenge Itandatu Yo Mu Majyepfo Yashyizwe Muri Guma Mu Rugo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Polisi Irashakisha Abantu Bahohoteye Umugore Bikomeye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

General Kabandana Yatabarutse

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbutabera

Kabila Arasomerwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?