Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame Yaganiriye Na Minisitiri W’Intebe W’u Bwongereza Ku Bimukira
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Kagame Yaganiriye Na Minisitiri W’Intebe W’u Bwongereza Ku Bimukira

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 May 2023 4:29 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Paul Kagame yaraye mu Bwongereza mu ruzinduko rw’akazi. Mbere y’uko yitabira ibirori byo kwimika umwami w’u Bwongereza Charles III bizaba kuri uyu wa Gatandatu, Kagame yaganiriye na Minisitiri w’Intebe w’iki gihugu Rishi Sunak bagaruka ku kibazo cy’abimukira.

Ni ikibazo ibihugu byombi biri kurebera hamwe uko byafatanya mu kugishakira umuti urambye kandi ubereye buri ruhande, haba u Rwanda, u Bwongereza n’abagenerwabikorwa ari bo ‘abimukira’.

Ku rubuga rwa Twitter rw’Ibiro by’Umukuru w’igihugu handitseho ko mu biganiro Kagame yagiranye na Sunak harimo n’ingingo zireba ibindi bibera ku isi hakiyongeraho n’uburyo ubufatanye hagati ya Kigali na London bwakomeza gusagamba.

Hagati aho, Perezida Kagame, usanzwe uyoboye Umuryango w’ibihugu bikoresha Icyongereza Commonwealth, yahuye n’Umunyamabanga mukuru w’uyu muryango witwa Patricia Scotland uyu akaba ari Umwongereza wavukiye mu Kirwa cya Dominica kuri Se ukomoka muri Antigua na Nyina ukomoka muri Dominica.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Kagame na Scotland baganiriye kuri zimwe mu ngingo z’ingenzi ziri burange inama ya Commonweatlth bari buyobore kuri uyu wa Gatanu.

Iyi nama bayise Commonwealth Leaders Meeting.

TAGGED:BwongerezaInamaKagame
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amoko Ababiligi Bigishije Mu Rwanda Bari Baranayamamaje Iwabo
Next Article Imikoranire Igamije Guteza Imbere Urubyiruko Irakenewe- Perezida Kagame
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

You Might Also Like

Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?