Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame Yakiriye Umujyanama Wa Sunak Mu By’Ubucuruzi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Kagame Yakiriye Umujyanama Wa Sunak Mu By’Ubucuruzi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 January 2024 6:42 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kagame yakiriye mu Biro bye Lord Dolar Popat uyu akaba ari umujyanama wa Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Rishi Sunak ushinzwe ubucuruzi.

Uyu munyacyubahiro ari mu Rwanda mu rwego rwo kwitabira Inama ihuza u Rwanda n’Ubwongereza yitwa UK-Rwanda Forum yatangiye kuri uyu wa Mbere taliki 29, Mutarama, 2024 ikazarangira kuri uyu wa Gatatu taliki 31 uku kwezi.

Ku rubuga rwa X rw’Ibiro by’Umukuru w’igihugu handitse ko Perezida Kagame yaganiriye na Lord Popat ku ngingo zireba ubufatanye bw’u Rwanda n’Ubwongereza mu nzego z’ishoramari kugira ngo bikomeze kuzamura ubukungu bw’u Rwanda.

Ubwongereza ni umufatanyabikorwa w’u Rwanda mu myaka irenga 20 ishize.

Baron Popat ni Umwongereza ufite inkomoko muri Uganda. Yavutse taliki 14, Kamena, 1953.

Mu Rwanda yazanye n’abandi bashoramari bagera ku 100 baje kwigira hamwe na bagenzi babo bo mu Rwanda aho babona Ubwongereza bwashora imari ndetse n’aho babona hashyirwa imikoranire muri uru rwego no mu zindi zakumvikanwaho.

Ubwongereza burashaka kureba aho bwakongera ishoramari ryabwo mu Rwanda.
TAGGED:BwongerezafeaturedIshoramariKagamePopatRwandaUbucuruzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Rwagiranye Amasezerano N’Ikigo Cy’Abongereza Gitunganya Amabuye Y’Agaciro
Next Article Iminsi 100 Irashize Israel Na Hamas Barwana, Ese Ingabo Z’Iki Gihugu Zaherekanye Ubudatsimburwa?
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibiza KamereMu RwandaUmutekano

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?