Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame Yasabye Abikubira Iby’Abandi Kubireka
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaPolitiki

Kagame Yasabye Abikubira Iby’Abandi Kubireka

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 December 2024 1:22 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubwo yakiraga indahiro ya Perezida w’Urukiko rw’ikirenga n’umwungirije, Perezida Kagame yavuze ko abantu barenganya abandi cyangwa bakikubira iby’abandi bakwiye kubireka.

Avuga ko bigomba guhagarara.

Ati:“Umutungo w’Abanyarwanda bose ukwiye kuba uvamo ibibaramira, abantu ku giti cyabo bakawugira uwabo bakawusesagura, na byo bigomba guhagarara. Kandi nta bundi buryo bwiza bwo kubihagarika bitanyuze mu butabera, bitanyuze mu mategeko”.

Yakomoje kandi yihaniza abantu bakinisha Politiki.

Yunzemo ati: “Abo bandi bakinisha politiki bakavuga amagambo ari aho, ari abari hanze, ari abari mu gihugu ari abo bafatanyije, … ndetse bikajyamo n’amahanga bigasa n’aho bagiye kubigira ubusa. Ntabwo turi ubusa. Ntabwo ubutabera mvuga bukwiriye kuba buriho bwahinduka ubusa. Nta politiki yahindura ubutabera ubusa. Rwose ndagira ngo munyumve. Si ngombwa ngo muzabibone, bishobora no guhagarara abantu batabibonye”.

Yavuze ko n’ubwo igihugu hari aho cyavuye n’aho kimaze kugera, aho kigana na ho hakiri urugendo rurerure kandi ko icyifuzo ari ukuhagera kandi vuba.

Yemeza ko ubufatanye ari ngombwa kugira ngo ibikenewe bigerweho.

Umukuru w’Igihugu kandi yaboneyeho gushimira ubuyobozi bwari busanzwe buyobora Urukiko rw’Ikirenga, avuga ko bakoze ibyo bashoboye mu kuruteza imbere.

Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Domitille Mukantaganzwa, nyuma yo kurahira yavuze ko we na mugenzi we bashimiye icyizere bagiriwe cyo kuyobora uru rwego rw’Ubucamanza, agaragariza Umukuru w’Igihugu ko inshingano bahawe bazumva neza kandi bazazisohoza uko bikwiye

TAGGED:featuredKagameMukantaganzwaUbutabera
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwanda: Abikorera Nibo Barya Ruswa Kurusha Abandi
Next Article Bahingira Ibigo Imboga Bizagaburira Abana Ku Ishuri
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

You Might Also Like

Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?