Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame Yasabye Arsenal Gukomeza Gutsinda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImikinoPolitiki

Kagame Yasabye Arsenal Gukomeza Gutsinda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 February 2025 8:05 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Perezida Kagame akunda Arsenal( Ifoto@Kigali Today)
SHARE

Nyuma yo kubona ko ikipe akunda itsinde iyo byari bihanganye mu buryo budasubirwaho, Perezida Paul Kagame yanditse kuri X agaragaza ibyo byishimo kandi asaba Arsenal yari imaze gutsinda Man City 5-1 gukomereza aho.

Yanditse ati: “Arsenal/ Abarashi mukomereze aho. Reka dukomeze.”

Abakinnyi ba Arsenal bayigejeje kuri iriya ntsinzi ni Martin Odegaard watsinze igitego cya mbere ku munota wa kabiri, Thomas Partey ku munota wa 56, Lewis-Skelly ku munota wa 62, Kai Havertz ku munota wa 76 na Ethan Nwaneri watsinze ku munota wa gatatu w’inyongera, mu gihe Man City yatsindiwe na Erling Haaland ku munota wa 55.

Arsenal ubu iri ku mwanya wa kabiri n’amanota 50, ikabanzirizwa na  Liverpool ya mbere ifite amanota 56, mu gihe Man City iri ku mwanya wa kane n’amanota 41.

Arsenal isanzwe ifite amasezerano yagiranye n’u Rwanda yo kurwamamariza izina ryarwo rikagera kure, rugasurwa na benshi binyuze muri gahunda yiswe Visit Rwanda.

Reba iby’ingenzi byaranze ibyo bitego:

Making a statement.

Enjoy the highlights from today's 5-1 success over Manchester City at Emirates Stadium, Gooners 🍿 pic.twitter.com/waZ4NP5SjJ

— Arsenal (@Arsenal) February 2, 2025

TAGGED:ArsenalfeaturedIntsinziKagameMan City
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article DRC Irabiba Urwango Mu Baturage Ngo Bange u Rwanda
Next Article Ingabo 2000 Za Afurika Y’Epfo Zabuze Uko Ziva i Goma
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Shampiyona Y’Abagore Y’u Rwanda Izajya Ica Kuri Rubuga Rwa FIFA

Abana Bato Bafite Ba Nyina Bacukura Amabuye Y’Agaciro Babaho Bate?

Ikigo ICPAR Kishimira Aho Kigeze Giteza Imbere Umwuga W’Ibaruramari

Kagame Yaganiriye N’Uyobora Banki Nyafurika Y’Iterambere Bibanda Ku Mikoranire

Kuki Hari Imyanzuro u Rwanda Rwemera K’Uburenganzira Bwa Muntu Ntishyirwe Mu Bikorwa Yose

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Irani: Imyigaragambyo Ikomeje Kuzengereza Leta

Ese Robo Zitwara Imodoka Mu Buryo Butekanye Kurusha Abantu?

Niki Cyateye Igiciro Cy’Ikawa Y’u Rwanda Kuzamuka?

U Rwanda Rusanga Imvugo Za Ndayishimiye Zibangamira Umubano Warwo N’Uburundi

Menya Impamvu Kugabanya Ibiro Bigora

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Ese Intambara Ya Amerika N’Uburayi Irashoboka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Hatangijwe Ubufatanye Mu Kuzamura Ubwinshi N’Ubwiza Bw’Imbuto 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Uko RDF Yakiriwe Muri Jamaica

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

U Rwanda Rwishimira Intambwe Yatewe Mu Kurwanya Igwingira Mu Bana Bato

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?