Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame Yasuye Ku Mulindi W’Intwari 
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaPolitiki

Kagame Yasuye Ku Mulindi W’Intwari 

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 July 2024 12:14 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuyobozi wa FPR Inkotanyi Paul Kagame yasuye ku Mulindi w’intwari aho yabaye igihe ayoboye ingabo za APR zari ziri ku rugamba rwo kubohora u Rwanda.

Kagame yahahereye ikiganiro abantu bakora ku mbuga nkoranyambaga n’itangazamakuru.

Nyuma y’aho arakomereza mu Karere ka Gicumbi aho abaturage baje kumwakirira ngo bumve imigabo n’imigambi FPR-Inkotanyi ifitiye Abanyarwanda.

Ku Mulindi w’intwari yasobanuriye abakoresha imbuga nkoranyambaga ko u Rwanda rwubatswe binyuze k’ukudatezuka kw’Abanyarwanda bari bariyemeje kurubohora.

Yabwiye itangazamakuru ko ubwo babohoraga u Rwanda nta kintu cyabemezaga ko bazatsinda Habyarimana n’ingabo ze kitari umutima w’aho wo kudatezuka ku ntego.

Ndetse ngo n’uburyo bateganyaga ko ibintu bizagenda si ko byagenze.

TAGGED:featuredInkotanyiKagameMulindiRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Rwagize Icyo Rutangaza Ku Cyemezo Gishya Cy’Ubwongereza Ku Bimukira
Next Article Sudani Y’Epfo Yashinze Banki Nkuru Y’igihugu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rayon Yahagaritse Umutoza Mukuru Bari Bamaze Iminsi Muri Rwaserera

Kagame Yaganiriye N’Abayobora Ikigo Nyafurika Cy’Imiti

Nick Ngendahayo Ari Gutegura Igitaramo Kirangiza Umwaka Kizabera I Kigali 

Perezida Wa Madagascar Yuhunze Igihugu 

Netanyahu Ati: ‘Abanzi Bacu Bamenye Ko Tutujya Twibagirwa’

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

U Rwanda Rugiye Kubaka Icyanya Cy’Inganda Kizatunganya Impu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Inzitizi Abo Muri DRC Babona Mu Kwambura FDLR Intwaro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Ingingo Z’Ingutu Zitegereje Trump Mu Kumvikanisha Hamas Na Israel 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Abakozi Ba RBC Bafunzwe Bazira Ruswa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?