Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame Yatonze Umurongo Nk’Abandi Baturage Bari Baje Gutora
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaPolitiki

Kagame Yatonze Umurongo Nk’Abandi Baturage Bari Baje Gutora

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 July 2024 1:16 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Paul Kagame yatonze umurongo n’abandi baturage bari baje gutorera mu Murenge wa Kagugu mu Karere ka Gasabo. Abandi bakandida Perezida ari bo Mpayimana Philippe yatoreye muri Camp Kigali naho Frank Habineza yatoreye muri Remera Catholique II.

Mpayimama na Habineza bashimiye uko ayo matora yegenze neza bavuga ko ari intambwe yerekana uko Demukarasi iri gutera imbere.

Mpayimana avuga ko kuri iyi nshuro yizeye ko azatsinda kuko asanga kuri iyi nshuro ibintu byaragenze neza.

Iyo ngingo kandi niyo na Dr. Phillippe Habineza nawe asanga yihariye kuri iyi nshuro kubera ko ari ngo aho yacaga yahasangaga abantu baje kumva imigabo n’imigambi ye.

Hirya no hino mu Rwanda habereye ayo matora kandi abafite ubumuga bahawe uburyo butuma batora neza.

Hamwe abantu bamaraga gutora bagahabwa ikawa yo kunywa, abantu bagahabwa icyayi gisanzwe, abandi bagahabwa bonbon yo kunyunguta n’ibindi.

Mu Karere ka Nyarugenge ahitwa Kimisagara, abantu bagiye gutora bambaye nk’abakwe bagiye gusaba umugeni.

Video Kagame ageze aho atorera:

🚨AMAKURU MASHYA🚨

Kandida-Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bageze kuri Site ya SOS Kagugu mu Karere ka Gasabo, aho bagiye gutora Perezida wa Repubulika n’Abadepite. #RBAAmakuru #Amatora2024 pic.twitter.com/yX6oGXiiY9

— Rwanda Broadcasting Agency (RBA) (@rbarwanda) July 15, 2024

TAGGED:featuredHabinezaKagameKaguguMpayimana
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Centrafrique: Ingabo Na Polisi Y’u Rwanda Nabo Bitabiriye Amatora
Next Article Kagame Yongeye Gutsindira Kuyobora u Rwanda 
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Ruhango: Abasaza Babiri Bagiye Kwiba Umwe Arahagwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?