Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame Yavuze Icyatumaga Adakunda Guseka Mu Myaka Ya 2000
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Kagame Yavuze Icyatumaga Adakunda Guseka Mu Myaka Ya 2000

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 April 2024 12:39 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Asubiza abavuga ko Kagame atajya aseka, ahora agaragara nabi, Perezida Kagame avuga ko muri iki gihe ahubwo yishima agaseka kuko muri iki gihe hari ibishimishije byatuma umuntu useka.

Avuga ko muri iki gihe hari ibyo kwishimira kandi ko kuba amaze kuba umuntu ukuze ndetse ufite imvi, hari ibyahindutse bituma aseka.

Ati: “ Kagame mubona ni uwo kandi arahari ntaho yenda kujya. Wankunda utankunda, nta kibazo kibirimo, nzakomeza kuba uwo ndi uvuga ibyo atekereza”.

Perezida Kagame avuga ko abamuvugaho kuba uwo atari we akenshi babivugira mu itangazamakuru, bigakorwa n’abanyamakuru, icyakora hakaba n’abandi babona ko ari umuntu utandukanye n’uko abo bandi bamuvuga.

Yemeza ko abamuvuga bashingiye kubyo akora ari bo benshi kandi ko abo ari bo bamuvuga ukuri.

Ikindi kandi ngo ni uko abashaka kujora Abanyarwanda na Perezida Kagame birengagiza ko Imana yaremye abantu bose ibaringanije.

Ku kibazo cya M23, Perezida Kagame avuga ko abantu bagomba kubanza kumenya ko abagize M23 atari Abanyarwanda nubwo bitirirwa kuba Abatutsi bo mu Rwanda.

Ngo abayigize bavukiye hanze ya DRC ndetse abandi bakomoka muri iki gihugu imbere.

Avuga ko hari bamwe muri benewabo w’abagize M23 baba mu Rwanda kuko bahahungiye kubera kubuzwa uburenganzira iwabo.

Kagame avuga ko abaremye M23 babikoze kugira ngo bahangane n’abababujije amahwemo bakabakorera ubugome butuma benewabo bahunga.

Yabwiye umunyamakuru wari umubajije ibya M23 ko ibyiza ari uko abantu bagombye kubanza kumenya icyatumye uwo mutwe ubaho.

TAGGED:featuredKagameM23Rwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nasabye Abanyamerika Kujya Baduha Amahoro Ku Munsi Wo Kwibuka- Kagame
Next Article Abasirikare Ba Tanzania Biciwe Muri DRC
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Polisi Irashakisha Abantu Bahohoteye Umugore Bikomeye

Kabila Arasomerwa

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Nyamasheke: Abageni Bwari Bucye Basezerana Bakubiswe

Rulindo: Yafatanywe Ayo Kwishyura Abacukura Amabuye Mu Buryo Butemewe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Ebola Yagarutse Muri DRC

Ab’i Musanze Bibukijwe Akamaro Ingagi Zibafitiye

Rwanda: Ibiciro By’Ibikomoka Kuri Petelori Byazamutse

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzima

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?