Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame Yibukije Abanyarwanda Ko Bose Bareshya Imbere Y’Amategeko
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Kagame Yibukije Abanyarwanda Ko Bose Bareshya Imbere Y’Amategeko

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 November 2023 5:14 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubwo yakiraga indahiro z’abakora mu nzego nkuru z’ubutabera harimo n’Umunyamabanga wungirije wa RIB, Perezida Kagame yavuze ko Abanyarwanda bose bareshya imbere y’amategeko.

Yabanje gushimira abitabiriye uriya muhango, ababwira ko indahiro ubwayo ntacyo yaba imaze niba hadakurikijwe ibiyikubiyemo.

Mu ijambo rye, Perezida Kagame yavuze ko ubutabera bureba Abanyarwanda bose ndetse ngo n’abakora mu butabera cyangwa ubugenzacyaha iryo hame rirabareba.

Yanavuze ko amateka y’Abanyarwanda yerekana ko iyo ubutabera budatanzwe neza, biteza ikibazo.

Perezida Kagame yavuze ko n’ubwo abantu bakosa ndetse ayo makosa akavamo ibyaha, icy’ingenzi ngo ni ugukora uko abantu bashoboye bakirinda ibyaha.

Ati: ” Turi abantu twese turakosa ndetse hakaba ubwo biba ibyaha ariko tugomba kubigabanya. Twibuke ko twese ntawe uri hejuru y’amategeko.”

U Rwanda ruri mu bihugu by’Afurika bishimirwa gukurikiza amategeko, abantu bose bagahanwa hakurikijwe amategeko.

Bimwe mu byaba bikunze gukuriramwa ni ruswa, gukubita no gukomeretsa, gusambanya abana no guhohotera abagore n’ibindi.

Uko bimeze muri iki gihe ni uko imibare igaragaza ko hari igabanuka ry’ibyaha runaka mu gihe hakiri bindi bizamuka.

 

TAGGED:featuredIbyahaKagame
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abatuye Umujyi Wa Goma Bongeye Kumirikirwa N’Amashanyarazi
Next Article Rwanda: Ibigo 13 Bicukura Amabuye Y’Agaciro Byafunzwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inganda Z’Intwaro Zungutse 5.9% Kubera Intambara Ya Ukraine Ni Iya Gaza

Gisagara: Bakurikiranyweho Guca Umucuruzi Ijosi

Ofisiye Ba Israel Bategetswe Gukoresha Mu Kazi iPhones Gusa 

I Rulindo Ngo Bagira Isuku Nyinshi

Indonesia: Abahitanywe N’Imyuzure Bamaze Kugera Kuri 414

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

Ikipe Y’u Rwanda Ya Basketball Yakubiswe Incuro Ku Mukino Wa Mbere Ugana Ku Gikombe Cy’Isi

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

You Might Also Like

Ububanyi n'Amahanga

Tshisekedi Hari Ibyo Avuga Ko Atazasinyira i Washington

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Uburayi: Abanyamuryango Ba FPR-Inkotanyi Baganiriye Ku Iterambere Ry’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

RDF Ikomeje Kubakira Ubushobozi Ingabo Za Centrafrique 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'Abaturage

Nyamasheke: Bahangayikishijwe N’Uko Bateye Imyaka Ikuma Inzara Ikaba Ibugarije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?