Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame yifurije Macron gusubira mu mirimo amahoro
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Kagame yifurije Macron gusubira mu mirimo amahoro

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 December 2020 6:26 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Paul Kagame yifurije mugenzi we w’u Bufaransa Emmanuel Macron uherutse kwandura COVID-19 kugira imbaraga agasubira mu mirimo ye neza kandi akazishimana n’umuryango mu  mpera z’uyu mwaka.

Kuri Twitter Perezida Kagame yanditse ko abikuye ku mutima yifuriza Perezida Emmanuel Macron kugarura agatege akazizihiza iminsi mikuru ameze neza nk’abandi.

Tariki 17, Ukuboza, 2020 nibwo Ibiro bya Perezida w’u Bufaransa byatangaje ko Emmanuel Macron yanduye icyorezo cya COVID-19.

Icyo gihe  Champs Elysée yatangaje ko Perezida Emmanuel Macron yapimwe kiriya cyorezo nyuma yo kugaragaza bimwe mu bimenyetso byacyo.

Yahise yishyira mu kato, iwe akaba aba ari ho akomereza  gukorera imirimo yo kuyobora igihugu.

Icyo gihe byateganywaga ko azahamara iminsi irindwi.

Perezida Emmanuel Macron afite imyaka 43 y’amavuko, umugore we witwa Brigitte Marie-Claude Macron afite imyaka 67 y’amavuko.

Mugenzi we uyobora u Rwanda Paul Kagame yamwifurije kungera kugira imbaraga agasubira mu mirimo ye ndetse akishimira  iminsi mikuru  we n’umuryango we.

TAGGED:COVID-19featuredKagameMacronRwandau Bufaransa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amayeri mashya ya Kabila yo gukoma mu nkokora Tshisekedi
Next Article Bruce Melodie agiye gusohora IKINYAFU
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

You Might Also Like

Mu mahanga

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Mu Ihurizo Ryo Kureba Uko Atakweguzwa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Kagame Aritabira Inama Transform Africa Summit Muri Guinea Conakry 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Gicumbi: Abiga Inderabarezi Basaba Ko Bakongererwa Imashini N’Ibitabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwifatanyije Na Algeria Kwizihiza Isabukuru Y’Ubwigenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?