Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame Yitabiriye Irahira Rya Mugenzi We Watorewe Kuyobora Nigeria
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Kagame Yitabiriye Irahira Rya Mugenzi We Watorewe Kuyobora Nigeria

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 May 2023 7:21 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Paul Kagame ari muri Nigeria aho yageze kuri iki Cyumweru agiye kwitabira irahira rya Bola Tinubu uherutse gutorerwa kuyobora Nigeria.

Bola Tinubu asimbuye Muhammadu Buhari wari waratangiye kuyobora Nigeria mu mwaka wa 2015 akaba amaze imyaka umunani muri aka kazi.

Bola Tinubu ari kumwe n’umugore we Oluremi Tinubu

Nigeria ni cyo gihugu cya mbere muri Afurika gifite abaturage benshi kandi  bafite ubukungu buri gutera imbere cyane.

Hari abemeza ko Nigeria ishobora kuba irusha Afurika y’epfo umutungo, gusa ikagira ikibazo cy’umutekano muke wa hato na hato utuma iterambere ryayo hari igice kinini cyayo ritageramo.

Ku rundi ruhande, Afurika y’epfo nayo ifite ikibazo cy’uko ubukungu bwayo bwihariwe n’Abazungu ndetse n’Abirabura bake biganjemo abakomeye mu ishyaka riri k’ubutegetsi ari ryo ANC.

Kuba Nigeria iri Commonwealth, bituma igira ubusobanuro bwihariye ku Rwanda kubera ko muri iki gihe ari rwo ruyoboye uyu muryango w’ibihugu bivuga Icyongereza.

TAGGED:featuredKagameNigeriaRwandaTinubu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Murandasi Ntikwiye Kuba Iyo Gutoneka Abarokotse Jenoside-Umuyobozi Wa Airtel- Money
Next Article NBA Africa, Minisiteri Y’Uburezi Bateganya Kwinjiza Basket Mu Mashuri
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibiza KamereMu RwandaUmutekano

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?