Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame Yitabiriye Irahira Rya Mugenzi We Watorewe Kuyobora Nigeria
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Kagame Yitabiriye Irahira Rya Mugenzi We Watorewe Kuyobora Nigeria

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 May 2023 7:21 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Paul Kagame ari muri Nigeria aho yageze kuri iki Cyumweru agiye kwitabira irahira rya Bola Tinubu uherutse gutorerwa kuyobora Nigeria.

Bola Tinubu asimbuye Muhammadu Buhari wari waratangiye kuyobora Nigeria mu mwaka wa 2015 akaba amaze imyaka umunani muri aka kazi.

Bola Tinubu ari kumwe n’umugore we Oluremi Tinubu

Nigeria ni cyo gihugu cya mbere muri Afurika gifite abaturage benshi kandi  bafite ubukungu buri gutera imbere cyane.

Hari abemeza ko Nigeria ishobora kuba irusha Afurika y’epfo umutungo, gusa ikagira ikibazo cy’umutekano muke wa hato na hato utuma iterambere ryayo hari igice kinini cyayo ritageramo.

Ku rundi ruhande, Afurika y’epfo nayo ifite ikibazo cy’uko ubukungu bwayo bwihariwe n’Abazungu ndetse n’Abirabura bake biganjemo abakomeye mu ishyaka riri k’ubutegetsi ari ryo ANC.

Kuba Nigeria iri Commonwealth, bituma igira ubusobanuro bwihariye ku Rwanda kubera ko muri iki gihe ari rwo ruyoboye uyu muryango w’ibihugu bivuga Icyongereza.

TAGGED:featuredKagameNigeriaRwandaTinubu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Murandasi Ntikwiye Kuba Iyo Gutoneka Abarokotse Jenoside-Umuyobozi Wa Airtel- Money
Next Article NBA Africa, Minisiteri Y’Uburezi Bateganya Kwinjiza Basket Mu Mashuri
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

BRD Yahawe Umuyobozi Mushya

Musanze: Polisi Yabatunguye Bari Gukora Inzoga Zitemewe

Ibitabo Umuntu Yandika Ni Umutungo We Bwite Ashobora No Gutanga- Prof Nzeyimana Wigisha Filozofiya

Minisitiri W’Umutekano Asaba Abaturage Kuzirikana Ko Umutekano Ugira Ikiguzi

Hashyizweho Itsinda Rizakurikirana Uko Kuhira Imyaka Bizakorwa Muri Kayonza

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ababitse Ibitabo By’Amateka Y’u Rwanda Barasabwa Kubishyira Inkoranyabitabo Y’Igihugu

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Ntizemerewe Gucumbikirwa Mu Miryango 

Kagame Yibukije Abanyamuryango Ba FPR-Inkotanyi Ko Ruswa Ikiri Ikibazo

Ikawa Niyo Yinjirije u Rwanda Menshi Mu Bihingwa Rwagurishije Mu Mahanga

Umukobwa Wo Mu Ruhango Bamusanze Mu Cyumba Cy’Umusore Yapfuye

You Might Also Like

Mu Rwanda

Guverineri W’Intara y’Amajyaruguru Asaba Abaturage Kwitabira Gutera Ibiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

M23 Ivuga Ko Yakuye Abarwanyi Bayo Muri Uvira, Leta Ya Kinshasa Iti: ‘Murabeshya!’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abanyarwandakazi Bafite Ubumuga Bwo Kutabona Barataka Kubera Ihohoterwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

RDB Yongereye Amasaha Yo Gufungura Utubari 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?