Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame Yongeye Kubwira Amahanga Ko Atazayasaba Uruhushya Ngo Atabare u Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yongeye Kubwira Amahanga Ko Atazayasaba Uruhushya Ngo Atabare u Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 March 2024 12:34 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu kiganiro aherutse guha NTV Kenya Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yongeye kubwira amahanga ko igihe cyose u Rwanda ruzaba ruri mu kaga ntawe azasaba uruhushya ngo arutabare.

Umukuru w’u Rwanda yakunze kuvuga kenshi ko ku byerekeye umutekano w’u Rwanda biri mu nshingano ze kururengera.

Yakunze kubivuga kenshi ko nk’uko n’ibindi bihugu birinda ababituye, ari uburenganzira bw’Abanyarwanda n’abayobozi babo kwirindira umutekano.

Perezida Kagame yabwiye NTV ati: “ Niba umutekano w’u Rwanda wugarijwe, nta muntu nkeneye uwo ari we wese wo gusaba uruhushya ngo ndurengere.”

Mu minsi ishize, hari imvugo yari yarakozwe na Perezida wa DRC Felix Tshisekedi na mugenzi we w’Uburundi Evariste Ndayishimiye bavuze ko bafite intego zo gukuraho ubutegetsi bw’u Rwanda.

Ndayishimiye yavuze ko ashobora gukorana n’urubyiruko rw’u Rwanda bagakuraho ubutegetsi buruyoboye.

N’ubwo Tshisekedi aherutse kuvuga ko inzira y’intambara ku Rwanda atakiyishyize imbere, mugenzi we uyobora u Rwanda Paul Kagame we yigeze kuvuga ko adashobora gufata amagambo yo gushaka gutera u Rwanda nk’imikino.

Guverinoma y’u Rwanda iherutse kuvuga mu buryo bweruye ko izacunga umutekano w’Abanyarwanda mu buryo bwose bushoboka kandi ko ntabizongera kuva hakurya y’u Rwanda ngo bize kuruhungabanyiriza umutekano.

TAGGED:featuredKagameTshisekediUmutekano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article REG Irasaba Abakiliya Kwitabira Ikoranabuhanga Rishya Mu Kugura Umuriro
Next Article Ikigega RNIT Iterambere Fund Kimaze Kugwiza Miliyari Frw 42
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?