Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame Yongeye Kwizeza Abanyarwanda Umutekano Mu Mwaka Wa 2025
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaPolitiki

Kagame Yongeye Kwizeza Abanyarwanda Umutekano Mu Mwaka Wa 2025

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 31 December 2024 11:28 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Perezida Kagame yasezeranyije Abanyarwanda ko no mu mwaka wa 2025 nabwo bazakomeza gutekana
SHARE

Perezida Paul Kagame yasabye Abanyarwanda kwishima igihe babonye akanya kuko ari ko ubuzima bumeze, ariko asaba abantu bashaka guhungabanya umutekano w’Abanyarwanda ko basubiza amerwe mu isaho.

Kagame yabivuze mu ijambo yageneye abayobozi ba Leta, abikorera n’abandi batumirwa mu birori bisoza umwaka byateguwe n’umuryango wa Perezida Paul Kagame na Jeannette Kagame.

Umukururu w’u Rwanda yashimye kandi ko Abanyarwanda bakoranye batsinda Marburg yari yatangiye kuba ikibazo ku mudendezo w’Abanyarwanda.

Yavuze ko muri rusange umwaka wa 2024 wabaye mwiza n’ubwo nta byera ngo de.

Ijambo rya Kagame ryarangiye abwiye Abanyarwanda ko n’umwaka wa 2025 uzaba mwiza uko bizagenda kose.

Yavuze ko abatekereza guhemukira u Rwanda bazi neza ko iminsi yabo ibaze.

Ibi birori byabaye kuri uyu wa Mbere tariki 30 Ukuboza, 2024 byaranzwe n’imbyino, gusangira no gusabana hagati y’umuryango wa Perezida Paul Kagame na Jeannette Kagame.

Byitabiriwe n’abayobozi bakuru mu nzego z’umutekano na Politiki, abahagarariye ibihugu byabo, abahanzi n’abandi bo mu nzego zinyuranye.

TAGGED:featuredKagameRwandaUmutekano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubutumwa Perezida Kagame Yageneye Ingabo Z’u Rwanda
Next Article DRC: Abarwanyi Ba ADF Bakomeje Kwica Abaturage
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?