Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kajugujugu Za RDF Zifashishijwe Mu Gukwirakwiza Inkingo Za COVID-19
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Kajugujugu Za RDF Zifashishijwe Mu Gukwirakwiza Inkingo Za COVID-19

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 March 2021 3:02 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Leta y’u Rwanda yatangaje ko mu rwego rwo kugeza inkingo za COVID-19 mu bice bigoye kugezwamo imodoka, uyu munsi hifashishwa kajugujugu.

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 04, Werurwe, 2021 nibwo imodoka z’ibitaro by’uturere zaje i Masoro kuhakura inkingo kugira ngo zigezwe mu bitaro byo mu Ntara.

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko izo kajugujugu z’Ingabo z’u Rwanda na Polisi zifashishijwe “mu kugeza inkingo za COVID-19 mu bice bya kure mu turere 14 dutandukanye.”

Izo nkingo zagiye zakirwa n’ibitaro by’uturere ari nabyo bigomba kuzigeza mu bigo nderabuzima.  Zizahabwa abazikeneye mu masaha ari imbere guhera kuri uyu wa Gatanu tariki 05, Gashyantare, 2021.

Biteganywijwe ko binyuze muri COVAX, kugeza muri Gicurasi 2021 u Rwanda ruzaba rumaze guhabwa inkingo 744.000 za AstraZeneca na 102.960 za Pfizer/BioNTech.

i Nyagatare

i Gatsibo
i Kirehe
i Rubavu
i Nyaruguru
i Burera.
i Huye
Iyi ndege iparitse mu Murenge wa Ngoma i Huye
i Gisagara
TAGGED:COVID-19featuredInkingoKajugujugu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article RDC: Abarinzi 21 Ba Pariki Bishwe Mu 2020
Next Article Inteko Ishinga Amategeko Ya Amerika Yasubitse Imirimo Kubera Ubwoba Bw’Igitero
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kitoko Bibarwa Agarutse Mu Rwanda Ari Intiti

Harabura 5% Ngo Ubumwe N’Ubwiyunge Mu Banyarwanda Bube 100%

Nta Gihugu Cyakijijwe Naza NGOs-Perezida Kagame

Abayobozi Ba BBC Baravugwaho Kubeshyera Trump 

Nyamasheke: Abaturage Barasaba Kugabanyirizwa Tike Y’Ubwato Bubafasha Kujya Guhaha

You Might Also Like

Mu mahanga

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Mu Ihurizo Ryo Kureba Uko Atakweguzwa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Kagame Aritabira Inama Transform Africa Summit Muri Guinea Conakry 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Gicumbi: Abiga Inderabarezi Basaba Ko Bakongererwa Imashini N’Ibitabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwifatanyije Na Algeria Kwizihiza Isabukuru Y’Ubwigenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?