Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kalimpinya Arataka Ko Imodoka Bakoresha Mu Isiganwa Zishaje
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImikinoMu Rwanda

Kalimpinya Arataka Ko Imodoka Bakoresha Mu Isiganwa Zishaje

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 October 2024 8:03 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umwe mu Banyarwanda[kazi] bitabiriye isiganwa ry’imodoka ryabaye mu mpera z’Icyumweru gishize witwa Queen Kalimpinya avuga ko impamvu ikomeye ituma batitwara neza cyane ari uko bakoresha imodoka zishaje.

Karan Patel na Tauseef Khan bo muri Kenya batwara imodoka ya Skoda Fabia R5 nibo begukanye isiganwa mpuzamahanga rya Rwanda Mountain Gorilla Rally 2024 riherutse.

Umwanya wa kabiri n’uwa gatatu w’iri siganwa ryabereye mu mihanda yo mu karere ka Bugesera nayo abakinnyi bo muri Uganda barayegukana.

Kalimpinya Queen uri mu bakinnyi b’u Rwanda bitabiriye ririya siganwa ariko ntibagera kure mu kuritsinda.

Yabwiye BBC  ko ikibazo ari uko bakoresha imodoka zishaje.

Ririya siganwa ryitabiriwe n’abantu 21 ariko abarirangije ni abantu 16.

Ku manota 35 isiganwa ryo mu Rwanda ryari rifite ku ngengabihe y’Afurika,  Patel yahise agira amanota yose hamwe 140 mu gihe umukurikiye mu guhatanira ikamba rya Afurika Jass Mangat wo muri Kenya afite gusa amanota 28.

Isiganwa rya nyuma risoza shampiona y’Afurika rizabera muri Kenya mu mpera z’ukwezi gutaha kwa Ugushyingo.

TAGGED:featuredimodokaIshajeKalimpinyaKenya
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kigali: Bisi Zigiye Gushakirwa Inzira Yazo Zonyine
Next Article Nyabihu: Inzu Z’Abacuruzi Zafashwe N’Inkongi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?