Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kaminuza Yo Muri Amerika Igiye Kunganira Polisi Mu Gukarishya Ubwenge
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Kaminuza Yo Muri Amerika Igiye Kunganira Polisi Mu Gukarishya Ubwenge

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 January 2023 6:54 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuyobozi wa Kaminuza ya Kent yo muri Amerika witwa Dr Marcello Fantoni yaraye asinyanye amasezerano y’ubufatanye mu by’ubuhanga na Polisi y’u Rwanda kugira ngo izayifashe mu gukarishya ubwenge bw’abakozi bayo.

Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda IGP Dan Munyuza niwe wasinye kuri aya masezerano n’aho Dr. Fantoni ayasinye ku ruhande rw’iriya Kaminuza.

Twabibutsa ko iyi kaminuza kandi yagiranye amasezerano na Kaminuza y’u Rwanda, ndetse yahafunguye n’ishami ryayo rizigisha ubuhanga butandukanye birimo n’ubufitanye isano no kugenza ibyaha.

Isinywa ry’aya masezerano hagati ya Polisi y’u Rwanda na Kaminuza ya Kent ryabereye ku cyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda ku Kacyiru.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, Commissioner of Police (CP) John Bosco Kabera yemezacko ayo masezerano yashyizweho umukono agamije guteza imbere umubano n’ubufatanye hagati y’inzego zombi hagamijwe inyungu ku mpande zombi.

Ati: “Yitezweho gushimangira ubufatanye bushingiye ku guteza imbere ubumenyi n’umuco binyuze mu guhuriza hamwe no gufashanya mu byerekeranye n’uburezi n’ubushakashatsi.”

Ni amasezerano agamije kurushaho kubakira abapolisi b’ u Rwanda ubushobozi mu by’ubumenyi ku rwego rwo hejuru

Polisi y’u Rwanda isanganywe imikoranire n’ibindi bigo by’ubushakashatsi ndetse na Polisi zitandukanye z’amahanga hagamijwe kuzamura ubumenyi bw’abakozi bayo mu rwego rwo kurushaho kububakira ubushobozi.

TAGGED:AmasezeranoKaminuzaMunyuzaPolisiRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyamasheke: Ababyeyi Bimwe Imfashabere
Next Article Britney Spears Yikomye Abafana Be
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Israel Irakoresha Ibifaro Bitarimo Ingabo Mu Ntambara Na Hamas

Ingabo Z’u Rwanda Mu Bufatanye N’Iza Misiri

Tshisekedi Arahihibikanira Ko DRC Ijya Mu Kanama Ka UN K’Amahoro Ku Isi

Ngoma: Hibutswe Imiryango 15,593 Y’Abatutsi Yishwe Irazima Muri Jenoside 

Rihanna Yapfushije Se

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

U Rwanda Rugiye Kubaka Uruganda Rubyaza Izuba Amashanyarazi Ya Mega Watt 30

RDB Yagize Icyo Ivuga Ku Ntambara Ya DRC

Abajyanama B’Ubuzima Bagiye Gukoresha Ubwenge Buhangano Mu Kazi

Pariki Y’Akagera Yinjije Arenga Miliyari Frw 5 Mu Mwaka

Musk Yavuye Mu Nshingano Yahawe Na Trump

You Might Also Like

ImyidagaduroMu Rwanda

Nick Ngendahayo Yasohoye Indirimbo Ibanziriza Igitaramo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ba Rwiyemezamirimo Bagiye Guhatanira Igihembo Cya Miliyoni $1.5

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Umwanditsi Ukomeye Ngũgĩ wa Thiong’o Yapfuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Pariki Y’Akagera Igiye Kubakwamo Hoteli Ikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?