Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kamonyi: Ku Mugina Baribuka Abatutsi Bishwe Muri Jenoside Babigizwemo Uruhare N’Abarundi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Kamonyi: Ku Mugina Baribuka Abatutsi Bishwe Muri Jenoside Babigizwemo Uruhare N’Abarundi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 April 2022 12:19 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Karere ka Kamonyi ahitwa ku Mugina buri taliki 26, Mata, 2022 bibuka Abatutsi biciwe muri kariya gace cyane cyane abiciwe muri Kiliziya y’aho. Umwe mu baharokokeye witwa Marcel Rutagarama yabwiye Taarifa ko uretse Interahamwe zahiciye benshi, hari n’Abarundi baturukaga mu Ruhango bakaza kuzifasha kwica Abatutsi.

Avuga kandi ko hari bamwe muri abo Barundi biriye n’imibiri y’Abatutsi.

Muri aka gace hahoze ari muri Komini Mugina, ubu ni mu Karere ka Kamonyi, Umurenge wa Mugina ariko hakora no ku Murenge wa Nyamiyaga.

Harashyingurwa imibiri 108

Abayobozi bagiye kwifatanya n’abarokokeye ku Mugina biganjemo Abadepite ariko Umushyitsi mukuru ni Guverineri w’Intara y’Amajyepfo Madamu Alice Kayitesi.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ikindi ni uko hari bushyingurwe imibiri 108 yabonetse hirya no hino mu bice bituriye ahubatswe urwibutso.

Abaturutse mu Nteko ishinga amategeko y’u Rwanda batabaye abo ku Mugina ni Senateri  Umuhire Adrie, Depite Dr  MBONIMANA Gamariel, Depite Uwera Kayumba Marie  Alice, Depite  Mukabunani Christine, Depite Kamanzi Ernest, Depite Uwumuremyi Marie Claire  na Pierre Rwaka Claver.

Umwe bakurikiranyweho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi ku Mugina ni uwahoze ari Umujandarume witwa Pierre Claver Karangwa, bikaba bivugwa ko akunze guhinduranya aho atuye.

Iyo atari mu Buholandi aba ari ahandi mu Burayi.

Hashyiriweho impapuro zo kumufata.

- Advertisement -
TAGGED:featuredJenosideKamonyiMuginaRutagarama
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kayonza: Umuyisilamu Wiciye Ingurube Ku Musigiti Yakatiwe
Next Article Umuyobozi Mukuru Wa Polisi Y’u Rwanda Yasabye Urubyiruko Kubumbatira Umutekano W’u Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?