Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kamonyi: Ku Mugina Baribuka Abatutsi Bishwe Muri Jenoside Babigizwemo Uruhare N’Abarundi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Kamonyi: Ku Mugina Baribuka Abatutsi Bishwe Muri Jenoside Babigizwemo Uruhare N’Abarundi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 April 2022 12:19 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Karere ka Kamonyi ahitwa ku Mugina buri taliki 26, Mata, 2022 bibuka Abatutsi biciwe muri kariya gace cyane cyane abiciwe muri Kiliziya y’aho. Umwe mu baharokokeye witwa Marcel Rutagarama yabwiye Taarifa ko uretse Interahamwe zahiciye benshi, hari n’Abarundi baturukaga mu Ruhango bakaza kuzifasha kwica Abatutsi.

Avuga kandi ko hari bamwe muri abo Barundi biriye n’imibiri y’Abatutsi.

Muri aka gace hahoze ari muri Komini Mugina, ubu ni mu Karere ka Kamonyi, Umurenge wa Mugina ariko hakora no ku Murenge wa Nyamiyaga.

Harashyingurwa imibiri 108

Abayobozi bagiye kwifatanya n’abarokokeye ku Mugina biganjemo Abadepite ariko Umushyitsi mukuru ni Guverineri w’Intara y’Amajyepfo Madamu Alice Kayitesi.

Ikindi ni uko hari bushyingurwe imibiri 108 yabonetse hirya no hino mu bice bituriye ahubatswe urwibutso.

Abaturutse mu Nteko ishinga amategeko y’u Rwanda batabaye abo ku Mugina ni Senateri  Umuhire Adrie, Depite Dr  MBONIMANA Gamariel, Depite Uwera Kayumba Marie  Alice, Depite  Mukabunani Christine, Depite Kamanzi Ernest, Depite Uwumuremyi Marie Claire  na Pierre Rwaka Claver.

Umwe bakurikiranyweho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi ku Mugina ni uwahoze ari Umujandarume witwa Pierre Claver Karangwa, bikaba bivugwa ko akunze guhinduranya aho atuye.

Iyo atari mu Buholandi aba ari ahandi mu Burayi.

Hashyiriweho impapuro zo kumufata.

TAGGED:featuredJenosideKamonyiMuginaRutagarama
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kayonza: Umuyisilamu Wiciye Ingurube Ku Musigiti Yakatiwe
Next Article Umuyobozi Mukuru Wa Polisi Y’u Rwanda Yasabye Urubyiruko Kubumbatira Umutekano W’u Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?