Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kamonyi: Umwe Mu Bagwiriwe Mu Kirombe Yapfiriye Kwa Muganga
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Kamonyi: Umwe Mu Bagwiriwe Mu Kirombe Yapfiriye Kwa Muganga

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 April 2024 11:02 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umwe muri batatu bari baheze mu kirombe cyo mu Murenge wa Rukoma mu Karere ka Kamonyi witwa Evariste Bucyanayandi yakuwemo agihumeka ariko aza kugwa ku bitaro bya Rukoma.

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere nibwo yakuwemo agihumeka ariko yanegekaye amaguru.

Yajyanywe kwa muganga ariko aza kuhagwa nyuma y’igihe gito.

Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rukoma witwa Innocent Mandela niwe wabitangarije itangazamakuru.

Abandi bantu babiri baracyashakishwa ngo harebwe niba bakiriho cyangwa batabarutse.

We na bagenzi be uko ari babiri baguye muri iki kirombe ubwo bari bagiye mu kazi.

Bakoreraga ikigo gicukura amabuye y’agaciro mu buryo bukurikije amategeko ariko amakuru avuga ko ubwo bajyaga kureba abo ari bo n’aho bakomoka batabasanganye ibya ngombwa ko hamenyekane aho bakomoka.

Ifoto@UMUSEKE.RW

TAGGED:AbaturagefeaturedIkirombeKamonyi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umugaba W’Ingabo Z’u Rwanda Yagiye Gutsura Umubano N’Iza Jordan
Next Article Abanyeshuri Muri Kaminuza Za Amerika Mu Myigaragambyo Yamagana Israel
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

Nduhungirehe Ashimangira Ko FDLR Ikiri Ikibazo K’u Rwanda

Ingabo Za Israel Zaje Mu Rwanda, Abaganga Bayo Bajya i Burundi

Kapiteni Wa Kiyovu Sports Yahaniwe Imyitwarire Mibi

Abana Bafite Ubumuga Barakimwa Amahirwe Yo Kwiga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

IVUGURUYE: Umuyobozi W’Ikirenga Wa Qatar Yageze i Kigali

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Nta Muntu Uri Hejuru Y’Amategeko- Rutikanga Avuga Ku Ifungwa Ry’Abanya Sudani

Igitutu Cya Trump Kuri Ukraine Ngo Ikunde Ibone Amahoro

Abajenerali 21 Ba DRC Baravugwaho Kuyigambanira

You Might Also Like

Ubukungu

Mu Mezi Icyenda BK Yungutse Miliyari Frw 83.5

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC: Bashyinguye Bundi Bushya Nyuma Y’Uko Imyuzure Ishenye Irimbi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?