Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kansiime Agiye Kongera Gusetsa Abanyarwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Kansiime Agiye Kongera Gusetsa Abanyarwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 November 2024 1:07 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Anne Kansiime umwe mu banyarwenya bakomeye b'Afurika
SHARE

Umunyarwenya wo muri Uganda Anne Kansiime na mugenzi we wo muri Kenya witwa Mammito bagiye gutaramira i Kigali mu gitaramo cya Gen-Z Comedy Night kizaba kuri uyu wa Gatandatu taliki  09, Ugushyingo, 2024.

Kizabera ahitwa Camp Kigali, kikaba cyaranatumiwemo abandi banyarwenya bo mu Rwanda nka Hervé Kimenyi, Rusine, Babu na Fally Merci ubitegura.

Fally Merci yabwiye itangazamakuru ko hari benshi mu bitabiriye Youth Connekt iri kubera mu Rwanda bashobora kuzitabira iyi nama.

Umunyarwenya Anne Kansiime yaherukaga mu Rwanda muri Nzeri, 2023 ubwo yari yitabiriye igitaramo kiswe Seka Live.

Nabwo cyabereye muri Camp Kigali.

Mammito ubusanzwe witwa Eunice Wanjiru Njoki  ni umunyarwenya wo muri Kenya wavutse mu mwaka mu 1993.

Mammito ubusanzwe witwa Eunice Wanjiru Njoki

Mu mwaka wa 2015 nibwo yatangiye gusetsa abantu mu buryo bw’umwuga.

TAGGED:KansiimeKenyaUgandaUrwenya
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Rugiye Kubaka Urundi Ruganda Rukora Ibyuma
Next Article Kagame Yagarutse Ku Kamaro Ka BDF Mu Kuzamura Imishinga Y’Urubyiruko
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Imyidagaduro

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

DRC Yarakajwe N’Uko Kenya Yagennye Uyihagarariye i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Elwelu Mu Bajenerali Barindwi Museveni Yahaye Ikiruhuko Cy’Izabukuru

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduro

Sandra Teta Yarekuwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?