Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kansiime Agiye Kongera Gusetsa Abanyarwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Kansiime Agiye Kongera Gusetsa Abanyarwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 November 2024 1:07 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Anne Kansiime umwe mu banyarwenya bakomeye b'Afurika
SHARE

Umunyarwenya wo muri Uganda Anne Kansiime na mugenzi we wo muri Kenya witwa Mammito bagiye gutaramira i Kigali mu gitaramo cya Gen-Z Comedy Night kizaba kuri uyu wa Gatandatu taliki  09, Ugushyingo, 2024.

Kizabera ahitwa Camp Kigali, kikaba cyaranatumiwemo abandi banyarwenya bo mu Rwanda nka Hervé Kimenyi, Rusine, Babu na Fally Merci ubitegura.

Fally Merci yabwiye itangazamakuru ko hari benshi mu bitabiriye Youth Connekt iri kubera mu Rwanda bashobora kuzitabira iyi nama.

Umunyarwenya Anne Kansiime yaherukaga mu Rwanda muri Nzeri, 2023 ubwo yari yitabiriye igitaramo kiswe Seka Live.

Nabwo cyabereye muri Camp Kigali.

Mammito ubusanzwe witwa Eunice Wanjiru Njoki  ni umunyarwenya wo muri Kenya wavutse mu mwaka mu 1993.

Mammito ubusanzwe witwa Eunice Wanjiru Njoki

Mu mwaka wa 2015 nibwo yatangiye gusetsa abantu mu buryo bw’umwuga.

TAGGED:KansiimeKenyaUgandaUrwenya
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Rugiye Kubaka Urundi Ruganda Rukora Ibyuma
Next Article Kagame Yagarutse Ku Kamaro Ka BDF Mu Kuzamura Imishinga Y’Urubyiruko
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro

Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela

Raporo Ya UN Ihamya Ko Kinshasa Igikorana Na FDLR

Ambasaderi Wa Brésil Atanga Ikizere Ko Visit Rwanda Izagera Iwabo

Hari Umwuka Mubi Hagati Ya DRC Na Zambia

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kamonyi: Imodoka Itwara Abagenzi Yakoze Impanuka Ikomeye

Guinée Equatoriale Yahinduye Umurwa Wayo Mukuru 

Amerika Yarashe Rwagati Muri Venezuela 

Karongi: Abo Mu Nkambi Ya Kiziba Nabo Bamaganye Ingengabitekerezo Iba i Kinshasa

Kirehe-Ngoma: Koperative Yejeje Umuceri None Uri Gupfa Ubusa

You Might Also Like

Imyidagaduro

Kenya: Inzovu Yari Ambasaderi W’Inzoga Yitwa Tusker Yapfuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Menya Ahaza Kurasirwa Ibishashi Birangiza 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Beyoncé Yabaye Undi Muhanzi Ufite Miliyari $1

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Igitaramo Cya Mbonyi Cyari Kuzabera i Rubavu Cyasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?