Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kanye West Yahagaritswe Ku Mbuga Nkoranyambaga Azira Kwibasira Abayahudi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Kanye West Yahagaritswe Ku Mbuga Nkoranyambaga Azira Kwibasira Abayahudi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 October 2022 7:12 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Impera z’Icyumweru gishize zirangiye Kanye West adashobora gucisha ubutumwa kuri Twitter no kuri Instagram kubera ko abaziyobora bamufungiye ngo atazikoresha bamuziza inyandiko bivugwa ko zibasira Abayahudi

Byatangiriye kuri Instagram yafunzwe n’Ikigo META iki kikaba ari icy’Umuyahudi ukomoka muri Amerika witwa Mark Zuckerberg.

Abonye ko bamufungiye, Kanye Wet yahise ajya kuri Twitter ngo abe ari ho avugira uko yumva ibintu.

Ageze yo yaranditse yikoma Zuckerberg avuga ko ibyo kumwirukana kuri Instagram byerekana ko umuntu wese uvuze ‘ibyo badashaka’ bahita bamukupira.

Ikibyandika no kuri Twitter bahise bamukupira kuko ngo ibyo yatangaje n’uburyo yabitangajemo bihabanye n’amahame y’imikoreshereze ya ruriya rubuga.

Ubwo West yahagarikwaga kungera gucisha ubutumwa kuri Twitter, benshi byarabatangaje kubera ko umukire wa mbere ku isi akaba ashaka no kuzagura Twitter witwa  Elon Musk yigeze kuvuga ko bishimishije kuba Kanye West ari umwe mu bakoresha Twitter kandi ko yumva ko uriya muraperi yakomeza kuyikoresha.

Mu ntangiriro z’uyu mwaka, Kanye West nabwo yigeze kuvanwa kuri Instagram nyuma yo kwibasira umunyarwenya witwa Trevor Noah.

Noah ni umunyarwenya ukomoka muri Afurika y’Epfo.

Mu mpera z’iki Cyumweru, Kanye yirukanywe azizwa amagambo bivugwa ko bwo yibasiraga Abayahudi.

TAGGED:AbayahudiInstagramKanyeTwitterWest
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rusizi: Avugwaho Gusambanya Umwana We Akanamutera Inda
Next Article Uganda: OMS Irashaka Kugerageza Urukingo ‘Rushya’ Rwa Ebola
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

U Rwanda Rwatumye Abaturage Bacu Bongera Gutekana-Min W’Ingabo Za Mozambique

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Imyidagaduro

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduro

Sandra Teta Yarekuwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

The Ben Yacuranze Gitari Na Piyano Atari Abizwiho

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Bwiza Aritegura Igitaramo Kizahura N’Isabukuru Ye Y’Amavuko

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?