Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kanye West Yahagaritswe Ku Mbuga Nkoranyambaga Azira Kwibasira Abayahudi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Kanye West Yahagaritswe Ku Mbuga Nkoranyambaga Azira Kwibasira Abayahudi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 October 2022 7:12 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Impera z’Icyumweru gishize zirangiye Kanye West adashobora gucisha ubutumwa kuri Twitter no kuri Instagram kubera ko abaziyobora bamufungiye ngo atazikoresha bamuziza inyandiko bivugwa ko zibasira Abayahudi

Byatangiriye kuri Instagram yafunzwe n’Ikigo META iki kikaba ari icy’Umuyahudi ukomoka muri Amerika witwa Mark Zuckerberg.

Abonye ko bamufungiye, Kanye Wet yahise ajya kuri Twitter ngo abe ari ho avugira uko yumva ibintu.

Ageze yo yaranditse yikoma Zuckerberg avuga ko ibyo kumwirukana kuri Instagram byerekana ko umuntu wese uvuze ‘ibyo badashaka’ bahita bamukupira.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ikibyandika no kuri Twitter bahise bamukupira kuko ngo ibyo yatangaje n’uburyo yabitangajemo bihabanye n’amahame y’imikoreshereze ya ruriya rubuga.

Ubwo West yahagarikwaga kungera gucisha ubutumwa kuri Twitter, benshi byarabatangaje kubera ko umukire wa mbere ku isi akaba ashaka no kuzagura Twitter witwa  Elon Musk yigeze kuvuga ko bishimishije kuba Kanye West ari umwe mu bakoresha Twitter kandi ko yumva ko uriya muraperi yakomeza kuyikoresha.

Mu ntangiriro z’uyu mwaka, Kanye West nabwo yigeze kuvanwa kuri Instagram nyuma yo kwibasira umunyarwenya witwa Trevor Noah.

Noah ni umunyarwenya ukomoka muri Afurika y’Epfo.

Mu mpera z’iki Cyumweru, Kanye yirukanywe azizwa amagambo bivugwa ko bwo yibasiraga Abayahudi.

- Advertisement -
TAGGED:AbayahudiInstagramKanyeTwitterWest
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rusizi: Avugwaho Gusambanya Umwana We Akanamutera Inda
Next Article Uganda: OMS Irashaka Kugerageza Urukingo ‘Rushya’ Rwa Ebola
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

You Might Also Like

ImyidagaduroMu Rwanda

Urukiko Rukuru Rw’Ubucuruzi Rwanzuye Intsinzi Y’Umuhanzi Gabiro Guitar

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Hoziyana Yashyize Indirimbo ‘Tugumane’ Mu Giswayili

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImyidagaduroMu Rwanda

Nick Ngendahayo Yagarutse Mu Muziki Nyuma Y’Imyaka 15

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImyidagaduroMu Rwanda

Igitaramo Cya The Ben Kizagongana N’Icya Pallaso Uzwi Cyane i Kampala

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?