Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kanye West Yahagaritswe Ku Mbuga Nkoranyambaga Azira Kwibasira Abayahudi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Kanye West Yahagaritswe Ku Mbuga Nkoranyambaga Azira Kwibasira Abayahudi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 October 2022 7:12 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Impera z’Icyumweru gishize zirangiye Kanye West adashobora gucisha ubutumwa kuri Twitter no kuri Instagram kubera ko abaziyobora bamufungiye ngo atazikoresha bamuziza inyandiko bivugwa ko zibasira Abayahudi

Byatangiriye kuri Instagram yafunzwe n’Ikigo META iki kikaba ari icy’Umuyahudi ukomoka muri Amerika witwa Mark Zuckerberg.

Abonye ko bamufungiye, Kanye Wet yahise ajya kuri Twitter ngo abe ari ho avugira uko yumva ibintu.

Ageze yo yaranditse yikoma Zuckerberg avuga ko ibyo kumwirukana kuri Instagram byerekana ko umuntu wese uvuze ‘ibyo badashaka’ bahita bamukupira.

Ikibyandika no kuri Twitter bahise bamukupira kuko ngo ibyo yatangaje n’uburyo yabitangajemo bihabanye n’amahame y’imikoreshereze ya ruriya rubuga.

Ubwo West yahagarikwaga kungera gucisha ubutumwa kuri Twitter, benshi byarabatangaje kubera ko umukire wa mbere ku isi akaba ashaka no kuzagura Twitter witwa  Elon Musk yigeze kuvuga ko bishimishije kuba Kanye West ari umwe mu bakoresha Twitter kandi ko yumva ko uriya muraperi yakomeza kuyikoresha.

Mu ntangiriro z’uyu mwaka, Kanye West nabwo yigeze kuvanwa kuri Instagram nyuma yo kwibasira umunyarwenya witwa Trevor Noah.

Noah ni umunyarwenya ukomoka muri Afurika y’Epfo.

Mu mpera z’iki Cyumweru, Kanye yirukanywe azizwa amagambo bivugwa ko bwo yibasiraga Abayahudi.

TAGGED:AbayahudiInstagramKanyeTwitterWest
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rusizi: Avugwaho Gusambanya Umwana We Akanamutera Inda
Next Article Uganda: OMS Irashaka Kugerageza Urukingo ‘Rushya’ Rwa Ebola
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

Imyidagaduro

Nigeria: Umuhanzi Ifunanya Yishwe N’Inzoka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Grammy Awards: Kendrik Lamar Yahize Abandi Baraperi Mu Bihembo Byinshi Abitse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Mu Myaka Mike Ishize Urwango Ku Bayahudi Rwariyongereye- Amb Weiss 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Chorale De Kigali Igiye Kuyoborwa N’Umugore Kuva Yabaho

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?