Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Karongi: Yishe Umuntu Ajya Kwirega
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUmutekano

Karongi: Yishe Umuntu Ajya Kwirega

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 April 2025 11:20 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umugabo wo mu Mudugudu wa Nyabikate, Akagari ka Ruhinga mu Murenge wa Gitesi muri Karongi ahari agasenteri k’ubucuruzi aravugwaho kwica umuturanyi hanyuma ajya kwirega kuri RIB.

Uwaduhaye amakuru avuga ko mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 08, Mata, 2025 yahuye n’imodoka y’Urwego rw’ubugenzacyaha igana mu gasenteri ka Ruhinga muri Metero nka 50 uvuye ku Biro by’Akagari ka Ruhinga, agakeka ko RIB yabitangiyeho iperereza.

Umurenge wa Gitesi muri Karongi aho byabereye.

Avuga kandi ko uwishe uwo muntu yavuze ko yamwishe kuko yari yarazengereje abaturage kubera ibikorwa bye by’ubugome birimo no kubarandurira imyaka.

Ati: “ Yamwishe ahita ajya kwirega kuri RIB, avuga ko yamujijije ubugome bwe”.

Vianney Nsanganira uyobora Umurenge wa Gitesi ibyo byabereyemo avuga ko ataramenya iby’iyo nkuru, ariko ko aza kutubwira ibyayo amakuru namenyekana.

Umuturage wanyuze ku Biro by’Akagari yitambukira agakurura amakuru make yatubwiye ko uwishwe yitwa Viateur, akaba yishwe n’umugabo uri mu kigero cy’imyaka 50 y’amavuko.

Ikindi ni uko atamwiciye iwe ahubwo yamwiciye ku musozi, ku mugaragaro.

TAGGED:AkagariGitesiKwiregaUmurenge
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kicukiro: Yasabwe Kujyana N’Abandi Kwibuka Ati: ‘ Ntibindeba’
Next Article Ethiopia:Ambasaderi Wa Israel Yasohowe Ahibukirwaga Jenoside Yakorewe Abatutsi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Musanze: Abanyonzi Bibukijwe Akamaro Ka Gerayo Amahoro

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Rulindo: Abaturage Biyemeje Kurinda Ibidukikije

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

DRC: Abanyamerika Barashaka Kubaka Uruganda Rw’Amashanyarazi Mu Kivu

Elwelu Mu Bajenerali Barindwi Museveni Yahaye Ikiruhuko Cy’Izabukuru

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Gatsibo: Babwiye PM Nsengiyumva Ibyiza Byo Gutura Ku Mudugudu

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Intara Ya Ituri Iri Kuberamo Imirwano Ikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

U Rwanda Rugiye Gushyira Ikawa Muri Cyamunara Mpuzamahanga 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?