Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Karongi: Yishe Umuntu Ajya Kwirega
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUmutekano

Karongi: Yishe Umuntu Ajya Kwirega

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 April 2025 11:20 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umugabo wo mu Mudugudu wa Nyabikate, Akagari ka Ruhinga mu Murenge wa Gitesi muri Karongi ahari agasenteri k’ubucuruzi aravugwaho kwica umuturanyi hanyuma ajya kwirega kuri RIB.

Uwaduhaye amakuru avuga ko mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 08, Mata, 2025 yahuye n’imodoka y’Urwego rw’ubugenzacyaha igana mu gasenteri ka Ruhinga muri Metero nka 50 uvuye ku Biro by’Akagari ka Ruhinga, agakeka ko RIB yabitangiyeho iperereza.

Umurenge wa Gitesi muri Karongi aho byabereye.

Avuga kandi ko uwishe uwo muntu yavuze ko yamwishe kuko yari yarazengereje abaturage kubera ibikorwa bye by’ubugome birimo no kubarandurira imyaka.

Ati: “ Yamwishe ahita ajya kwirega kuri RIB, avuga ko yamujijije ubugome bwe”.

Vianney Nsanganira uyobora Umurenge wa Gitesi ibyo byabereyemo avuga ko ataramenya iby’iyo nkuru, ariko ko aza kutubwira ibyayo amakuru namenyekana.

Umuturage wanyuze ku Biro by’Akagari yitambukira agakurura amakuru make yatubwiye ko uwishwe yitwa Viateur, akaba yishwe n’umugabo uri mu kigero cy’imyaka 50 y’amavuko.

Ikindi ni uko atamwiciye iwe ahubwo yamwiciye ku musozi, ku mugaragaro.

TAGGED:AkagariGitesiKwiregaUmurenge
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kicukiro: Yasabwe Kujyana N’Abandi Kwibuka Ati: ‘ Ntibindeba’
Next Article Ethiopia:Ambasaderi Wa Israel Yasohowe Ahibukirwaga Jenoside Yakorewe Abatutsi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

Nduhungirehe Ashimangira Ko FDLR Ikiri Ikibazo K’u Rwanda

Ingabo Za Israel Zaje Mu Rwanda, Abaganga Bayo Bajya i Burundi

Kapiteni Wa Kiyovu Sports Yahaniwe Imyitwarire Mibi

Abana Bafite Ubumuga Barakimwa Amahirwe Yo Kwiga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

IVUGURUYE: Umuyobozi W’Ikirenga Wa Qatar Yageze i Kigali

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Nta Muntu Uri Hejuru Y’Amategeko- Rutikanga Avuga Ku Ifungwa Ry’Abanya Sudani

Igitutu Cya Trump Kuri Ukraine Ngo Ikunde Ibone Amahoro

Abajenerali 21 Ba DRC Baravugwaho Kuyigambanira

You Might Also Like

Mu Rwanda

Umuyobozi Wa Imbuto Foundation Hari Icyo Asaba Abato

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Gisagara: Ikamyo Ya Howo Yishe Abana Babiri

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Kagame Yaganiriye N’Itsinda Ry’Abayobozi Ba Banki Y’Isi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abanyarwanda Icyo Bakwiyemeza Nticyabananira- Maj Gen (Rtd) Jack Nziza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?