Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Karongi: Yishe Umuntu Ajya Kwirega
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUmutekano

Karongi: Yishe Umuntu Ajya Kwirega

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 April 2025 11:20 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umugabo wo mu Mudugudu wa Nyabikate, Akagari ka Ruhinga mu Murenge wa Gitesi muri Karongi ahari agasenteri k’ubucuruzi aravugwaho kwica umuturanyi hanyuma ajya kwirega kuri RIB.

Uwaduhaye amakuru avuga ko mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 08, Mata, 2025 yahuye n’imodoka y’Urwego rw’ubugenzacyaha igana mu gasenteri ka Ruhinga muri Metero nka 50 uvuye ku Biro by’Akagari ka Ruhinga, agakeka ko RIB yabitangiyeho iperereza.

Umurenge wa Gitesi muri Karongi aho byabereye.

Avuga kandi ko uwishe uwo muntu yavuze ko yamwishe kuko yari yarazengereje abaturage kubera ibikorwa bye by’ubugome birimo no kubarandurira imyaka.

Ati: “ Yamwishe ahita ajya kwirega kuri RIB, avuga ko yamujijije ubugome bwe”.

Vianney Nsanganira uyobora Umurenge wa Gitesi ibyo byabereyemo avuga ko ataramenya iby’iyo nkuru, ariko ko aza kutubwira ibyayo amakuru namenyekana.

Umuturage wanyuze ku Biro by’Akagari yitambukira agakurura amakuru make yatubwiye ko uwishwe yitwa Viateur, akaba yishwe n’umugabo uri mu kigero cy’imyaka 50 y’amavuko.

Ikindi ni uko atamwiciye iwe ahubwo yamwiciye ku musozi, ku mugaragaro.

TAGGED:AkagariGitesiKwiregaUmurenge
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kicukiro: Yasabwe Kujyana N’Abandi Kwibuka Ati: ‘ Ntibindeba’
Next Article Ethiopia:Ambasaderi Wa Israel Yasohowe Ahibukirwaga Jenoside Yakorewe Abatutsi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?