Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Katumbi Na Fayulu Bihuje Ngo Bahirike Tshisekedi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Katumbi Na Fayulu Bihuje Ngo Bahirike Tshisekedi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 December 2024 1:24 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abanyapolitiki babiri bakomeye muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo Martin Fayulu na Moise Katumbi banzuye gukorera hamwe bagamije guhirika ubutegetsi bwa Perezida Felix Tshisekedi.

Byatangajwe na Prince Epenge akaba umwe mu banyapolitiki ukorana hafi na Martin Fayulu.

Kuri uyu wa Gatandatu taliki 07, Ukuboza, 2024 nibwo abo banyapolitiki bahuye baganira kuri iyo ntego.

Baguriye ahitwa Genval mu Bubiligi.

Epenge yakoze amashusho ayashyira kuri X na Facebook, ayashyiramo iby’ingenzi bikubiye mu biganiro abo bagabo bagiranye.

Kuri we, ubwo bufatanye burenze inyungu za Politiki ahubwo ni uburyo bwo kwerekena ko bakunda igihugu.

Avuga ko indi ngingo abo bagabo bemeje ari uko bazatambamira gahunda ya Perezida Tshisekedi yo guhindura Itegeko Nshinga, umushinga watangiye kuvugwaho cyane mu ntangiriro z’umwaka wa 2024.

Prince Epenge avuga ko igikenewe muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo ari uguhindura ubutegetsi bwa Perezida Felix Tshisekedi aho guhindura Itegeko Nshinga.

Tshisekedi ngo niwe ubangamiye imibereho myiza y’abaturage, akabasaba kwihuza bakamwamagana, byarimba bakamukura ku butegetsi.

TAGGED:AmatoraFayulufeaturedItegekoKatumbiTshisekedi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Malipangou Ashobora Kugezwa Mu Nkiko
Next Article Abanyarwanda Bagiye Kujya Bahabwa Umuti Urinda Kwandura SIDA
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?