Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kazungu Denis Yasabye Urukiko Kuzaburanira Mu Muhezo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Kazungu Denis Yasabye Urukiko Kuzaburanira Mu Muhezo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 September 2023 10:25 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nk’uko byari biteganyijwe, Denis Kazungu uvugwaho kwica abantu umusubizo, mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane taliki 21, Nzeri yagejejwe mu rukiko rw’ibanze rwa Kicukiro.

Yaje mu modoka ya RIB arinzwe cyane.

Yari yambaye amapingu, ipantalo y’ikigina  n’umupira w’amaboko magufi wirabura, yogoshe kandi ubona akeye.

Icyakora ubwo yasohokaga mu modoka ya RIB yari yipfutse ibiganza mu maso ariko abapolisi bamusaba kubimanura abantu bakamubona.

Kazungu Denis ukurikiranyweho birimo ubwicanyi buturutse ku bushake, Iyicarubuzo, gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato, guhisha umurambo w’undi muntu, gukoresha ibikangisho n’itwarwa n’ifungiranwa ry’umuntu.

Nyuma yo kuburanishwa by’ibanze, akamenyeshwa ibyo aregwa akavuga niba abyemera cyangwa abihakana, Kazungu Denis yavuze ko hari ibyo yicuza ariko ubushinjacyaha bumusabira gufungwa iminsi 30 y’agateganyo.

Kazungu yasabye urukiko ko yazaburanira mu muhezo kugira ngo ibisobanuro azatanga bitazagira uwo bihungabanya.

Yemera ibyaha byo kwica abantu bagera ku icumi(10).

Urukiko rwanzuye ko isomwa ku mwanzuro w’ifungwa n’ifungurwa by’agateganyo rizaba taliki 26 Nzeri, 2023 Saa Cyenda z’amanywa.

Abaturage bo mu Busanza muri Kanombe ya Kicukiro bari barasabye ko yazaburanira mu ruhame.

Kazungu ‘Ashobora’ Kuzaburanishirizwa Mu Ruhame

Taarifa izakomeza gukurikirana iby’uru rubanza…

TAGGED:featuredKazunguKicukiroPolisiUrukiko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Musanze: Yajijije Umugore We Kujyana Imitungo Kwa Nyirabukwe
Next Article Tshisekedi Yongeye Akurira M23 Inzira Ku Murima Ko Atazaganira Nayo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?