Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kenya, Afurika Y ‘Epfo, Uburusiya Bwiyegereje N’Uburundi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Kenya, Afurika Y ‘Epfo, Uburusiya Bwiyegereje N’Uburundi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 May 2023 12:35 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Uburusiya Sergueï Lavrov yageze i Bujumbura avuye i Nairobi aho yaganiriye n’ubuyobozi bw’aho uko umubano warushaho kunozwa.

Ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cyitiriwe Mélchior Ndadaye, Sergueï Lavrov yakiriwe na mugenzi we Albert Shingiro.

Lavrov araganira na Perezida w’Uburundi Evariste Ndayishimiye.

Ubutegetsi bwa Gitega bumaze igihe butsura umubano n’amahanga hagamijwe kuzamura urwego rw’imibereho y’abaturage no gutuma isura yabwo iba nziza mu mahanga.

Ni igihugu kandi gikize ku mabuye amwe n’amwe y’agaciro.

Uburusiya buri gukorana n’ibihugu bimwe by’Afurika bushaka ko bwajya ku ruhande rwabwo mu ntambara buri kurwana na Ukraine.

Si Uburusiya bushaka kugwiza amajwi y’ababushyigikiye mu ntambara buri kurwana na Ukraine gusa kuko iki gihugu nacyo giherutse mu bihugu by’Afurika buhashaka ayo majwi.

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Ukraine witwa Dmytro Ivanovych Kuleba aherutse gusura ibyo bihugu birimo n’u Rwanda.

Afurika y’Epfo yo ivugwaho gukorana bya bugufi n’Uburusiya ndetse ubutasi bw’Amerika bushinja iki gihugu guha intwaro Uburusiya.

Icyakora ubutegetsi bwa Pretoria bwirinze kwerura kuri iyi ngingo.

TAGGED:AmahangaAmerikaBurusiyaIntambaraUkraine
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Turahirwa Moses Yandikiye Urukiko
Next Article Ese Miliyari $ 1 Amerika Ishora Muri Uganda Buri Mwaka Igiye Guhagarikwa?
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

FERWAFA Yagennye Umubare Mushya W’Abanyamahanga Mu Ikipe Yitabiriye Shampiyona

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?