Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kenya: Gazi Yaturitse Ihitana Batatu, 300 Barakomereka
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Kenya: Gazi Yaturitse Ihitana Batatu, 300 Barakomereka

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 February 2024 12:03 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abatuye Nairobi bakanguwe n’iturika ry’amacupa ya gazi yateje inkongi yahitanye abantu batatu abandi 300 barakomereka nk’uko BBC ibyemeza.

Umuvugizi wa Guverinoma ya Kenya avuga ko byaturikiye ahitwa Embakasi mu ijoro ryakeye ahagana saa tanu n’igice z’ijoro.

Ikamyo yari ipakiye amacupa ya gazi niyo yaturitse.

Polisi yafunze inzira zijya cyangwa ziva mu gice byabereyemo kugira ngo irinde ibindi byago kandi ibone uko ikora iperereza.

Mbere Guverineri yari yatangaje ko iriya nkongi yabereye aho abakozi bari bari gupakurura amacupa ya gazi ariko nyuma haza kumenyekana byabereye mu ikamyo yari ipakiye amacupa ya gazi.

Ku bw’amahirwe umuriro wahagaritswe kare utaragera ahantu hagari.

Umuyobozi wa Polisi muri Embakasi yavuze ko mubo umuriro wahitanye harimo umwana muto, yungamo ko abo wahitanye bashobora kuza kwiyongera.

TAGGED:featuredGaziIkamyoKenyaPolisiUmuriro
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Urubanza Rwa Kazungu Rukomeje Kuba ‘Agatereranzamba’
Next Article KNC Yivuguruje Ku Cyemezo Cyo Gusesa Gasogi United
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

U Rwanda Rwatumye Abaturage Bacu Bongera Gutekana-Min W’Ingabo Za Mozambique

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Sassou Nguesso Ari i Kinshasa Mu Bukwe Bw’Umukobwa Wa Tshisekedi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Abayobozi Bakuru Mu Ngabo Za Mozambique Bari Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaPolitiki

Nyaruguru: Bagiye Gusasa Inzobe Kucyatumye Abana Batsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?