Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko bitakiri ngombwa ko abantu bagiye guhurira ahantu hamwe bapimwa umuriro. Ni icyemezo gifashwe nyuma y’uko n’izindi ngamba zo kwirinda COVID-19 zorohejwe. Mu...
Abana 150 biga mu ishuri ry’incuke riri mu Murenge wa Kigarama mu Karere ka Kicukiro babwiwe ko mu bintu batagomba gukinisha harimo n’umuriro w’amashanyarazi. Babibwiriwe ku...
Ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda ishami rishinzwe ubutabazi no kurwanya inkongi bwaraye buhuguye ingabo z’u Rwanda uko zajya zigira uruhare mu kurwanya inkongi. Ni amahugurwa yaraye...
Zimwe mu nzu z’ibitaro bya Kibagabaga zaraye zifashwe n’inkongi. Izahiye ni iy’icyumba cy’umukozi usuzuma ibipimo byafashwe ku barwayi n’indi ibikwamo amakuru, iyo nzu bayita server room....
Amakuru Taarifa yemenye ariko igikusanya aravuga ko ahitwa mu Agakiriro mu Murenge wa Gisozi hari gushya. Aha hantu hazwiho gukorerwa ubukorikori bwinshi hakunze gushya. Abashinzwe ubutabazi...