Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kenya: Imodoka Ziherekeza Odinga Zarashwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Kenya: Imodoka Ziherekeza Odinga Zarashwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 July 2023 4:06 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubwo yari agiye mu gice kitwa Central Business District, imodoka ziherekeza Raila Odinga zarashwe amasasu n’abantu bataramenyekana. Hari mu kivunge kirimo n’abapolisi bari baje gukoma imbere abayoboke ba Odinga bari baje kumwakira ngo bategura imyigaragambyo yo mu Cyumweru gitaha cyangwa nyuma yacyo.

Kugeza ubwo twandikaga iyi nkuru dukesha The Star nta makuru y’abashobora kuba bakomereye muri ziriya modoka cyangwa abaziguyemo yari yatangajwe.

Izindi modoka zari ziherekeje Odinga nazo zangiritse.

Icyakora Odinga ntacyo yabaye kubera ko yahise akata imodoka ye arigendera.

Yabikoze nyuma y’igihe gito Polisi yamuhagaritse ngo adatambuka.

Ntiharamenyekana niba hari abakomerekeyemo cyangwa bakaba bahasize ubuzima

Raila Odinga ari gutegura imyigaragambyo irushijeho gukomera y’abayoboke be izamagana ubutegetsi bwa Kenya Kwanza, iri rikaba ari ishyaka riri ku butegetsi riyobowe na William Ruto.

Nyuma y’uko imodoka ze zirashwe, Polisi yahise izibuza gukomeza, irazigota mu rwego rwo kuzirinda ko hari abandi bakomeza kuzibasira kugeza ubwo ibintu byacururutse barazirekura zirakubirana zisubira iyo zari zivuye.

TAGGED:AbayobokefeaturedKenyaOdingaPolisiRailaRuto
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kicukiro: Umugore Ukekwaho Kwica Umwana Akamuta Mu Ngunguru Yasabiwe Burundu
Next Article Makenga Yabwiye Leta Ya DRC Ko Niba Ishaka Intambara Izayibona
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Rwishimira Intambwe Yatewe Mu Kurwanya Igwingira Mu Bana Bato

Bafatanywe Amadolari Y’Amakorano

Minisitiri W’Intebe Yakiriye Uyobora Ikigo Mpuzamahanga Cy’Abagiraneza

Tchad: Hadutse Intambara

Dr. Mugemana Wavuraga Rayon Sports Yapfuye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela

Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro

Raporo Ya UN Ihamya Ko Kinshasa Igikorana Na FDLR

Irani: Imyigaragambyo Ikomeje Kuzengereza Leta

Ambasaderi Wa Brésil Atanga Ikizere Ko Visit Rwanda Izagera Iwabo

You Might Also Like

Mu Rwanda

Rwanda: 80.7% By’Abana Bari Munsi Y’Imyaka Itandatu Bahabwa Serivise Mu Irerero

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Ibigo Bya Amerika Bicukura Petelori Birashaka Ko Muri Irani Zihindura Imirishyo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Rwanda: Abakozi Ba Leta Basabwe Kwiga Ikoranabuhanga Ry’Ubwenge Buhangano

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Hagiye Gukorwa Filimi Yerekana Ibyabereye Mu Bisesero

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?