Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kenya: Imodoka Ziherekeza Odinga Zarashwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Kenya: Imodoka Ziherekeza Odinga Zarashwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 July 2023 4:06 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubwo yari agiye mu gice kitwa Central Business District, imodoka ziherekeza Raila Odinga zarashwe amasasu n’abantu bataramenyekana. Hari mu kivunge kirimo n’abapolisi bari baje gukoma imbere abayoboke ba Odinga bari baje kumwakira ngo bategura imyigaragambyo yo mu Cyumweru gitaha cyangwa nyuma yacyo.

Kugeza ubwo twandikaga iyi nkuru dukesha The Star nta makuru y’abashobora kuba bakomereye muri ziriya modoka cyangwa abaziguyemo yari yatangajwe.

Izindi modoka zari ziherekeje Odinga nazo zangiritse.

Icyakora Odinga ntacyo yabaye kubera ko yahise akata imodoka ye arigendera.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Yabikoze nyuma y’igihe gito Polisi yamuhagaritse ngo adatambuka.

Ntiharamenyekana niba hari abakomerekeyemo cyangwa bakaba bahasize ubuzima

Raila Odinga ari gutegura imyigaragambyo irushijeho gukomera y’abayoboke be izamagana ubutegetsi bwa Kenya Kwanza, iri rikaba ari ishyaka riri ku butegetsi riyobowe na William Ruto.

Nyuma y’uko imodoka ze zirashwe, Polisi yahise izibuza gukomeza, irazigota mu rwego rwo kuzirinda ko hari abandi bakomeza kuzibasira kugeza ubwo ibintu byacururutse barazirekura zirakubirana zisubira iyo zari zivuye.

TAGGED:AbayobokefeaturedKenyaOdingaPolisiRailaRuto
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kicukiro: Umugore Ukekwaho Kwica Umwana Akamuta Mu Ngunguru Yasabiwe Burundu
Next Article Makenga Yabwiye Leta Ya DRC Ko Niba Ishaka Intambara Izayibona
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Ubukungu

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?