Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kenya Ishobora Kongera Gushya
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Kenya Ishobora Kongera Gushya

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 July 2023 10:14 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abatavuga rumwe na Guverinoma ya William Ruto batangaje ko guhera kuri uyu wa Gatatu bari butangire imyigaragambyo ikomeye yamagana uko Leta ifashe abaturage bayo.

Ku rundi ruhande, Polisi ya Kenya yavuze ko ibyo bari bukore biri bufatwe nko guhungabanya umudendezo w’igihugu.

Hagati aho abantu bafite impungenge z’uko Umurwa mukuru Nairobi n’indi mijyi minini iri buhinduke isibaniro ndetse hakameneka amaraso menshi.

Abatavuga rumwe na Leta ya Kenya bagize ishyaka ryitwa Azimio La Umoja riyibowe na Raila Odinga.

Polisi ya Kenya yaburiye abatavuga rumwe na Guverinoma ko nibatitonda bari buhure n’ikibazo cy’uko bari guhungabanya umudendezo n’ubusugire bw’igihugu.

Komiseri mukuru wa Polisi ya Kenya IGP  Japhet Koome yasabye abaza kwigaragambya kuza kubikora mu buryo butari bushyire mu kaga ubuzima bw’abaturage muri rusange.

Yababwiye imyigaragambyo nk’’iriya itemewe n’Itegeko nshinga rya Kenya mu ngingo yaryo ya 37.

TAGGED:featuredKenya
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ikigega Mpuzamahanga Cy’Imari Gishima Imikorere Y’u Rwanda
Next Article Uyobora UN-Women Ashima Uko u Rwanda Rwita Ku Bahohotewe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

You Might Also Like

Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?