Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kenya Ishobora Kongera Gushya
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Kenya Ishobora Kongera Gushya

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 July 2023 10:14 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abatavuga rumwe na Guverinoma ya William Ruto batangaje ko guhera kuri uyu wa Gatatu bari butangire imyigaragambyo ikomeye yamagana uko Leta ifashe abaturage bayo.

Ku rundi ruhande, Polisi ya Kenya yavuze ko ibyo bari bukore biri bufatwe nko guhungabanya umudendezo w’igihugu.

Hagati aho abantu bafite impungenge z’uko Umurwa mukuru Nairobi n’indi mijyi minini iri buhinduke isibaniro ndetse hakameneka amaraso menshi.

Abatavuga rumwe na Leta ya Kenya bagize ishyaka ryitwa Azimio La Umoja riyibowe na Raila Odinga.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Polisi ya Kenya yaburiye abatavuga rumwe na Guverinoma ko nibatitonda bari buhure n’ikibazo cy’uko bari guhungabanya umudendezo n’ubusugire bw’igihugu.

Komiseri mukuru wa Polisi ya Kenya IGP  Japhet Koome yasabye abaza kwigaragambya kuza kubikora mu buryo butari bushyire mu kaga ubuzima bw’abaturage muri rusange.

Yababwiye imyigaragambyo nk’’iriya itemewe n’Itegeko nshinga rya Kenya mu ngingo yaryo ya 37.

TAGGED:featuredKenya
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ikigega Mpuzamahanga Cy’Imari Gishima Imikorere Y’u Rwanda
Next Article Uyobora UN-Women Ashima Uko u Rwanda Rwita Ku Bahohotewe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?