Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kenya Yagabiye u Burundi Inka 50
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Kenya Yagabiye u Burundi Inka 50

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 February 2022 1:07 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Itsinda ry’abayobozi boherejwe na Guverinoma ya Kenya ryaraye rigejeje kuri Leta y’u Burundi inka 50 zikamwa  bagabiwe na Leta ya Kenya. Amakuru dufite avuga ko isezerano ryo kuzagabira u Burundi inka ryahawe Perezida Evariste Ndayishimiye ubwo aheruka gusura Kenya.

Perezida Evarise Ndayishimiye yasuye Kenya muri Gicurasi, 2021, akaba yarabaye Umukuru wa Mbere w’u Burundi wari usuye Kenya mu gihe cy’imyaka icumi yari ishize.

Inka Kenya yageneye u Burundi zakiriwe na Minisitiri muri Guverinoma y’u Burundi ushinzwe kwita ku bidukikije witwa Dr Déo-Guide Rurema.

Yashimye impano bagenewe na Kenya avuga ko igaragaza ubucuti hagati ya Gitega na Nairobi.

u Burundi bwagabiwe na Kenya inka 50

Ku ruhande rwa Kenya, itsinda ryarongoye ziriya nka rikarigeza ku bayobozi b’u Burundi ryari riyobowe na Minisitiri w’ubuhinzi witwa Peter Munya.

Umuhango wo kuzakira wabereye mu gace ka Bitare  muri Commune Bugendana mu Mujyi wa Gitega

Abayobozi ku mpande zombi bemeranyije gukomeza kungurana ibitekerezo ku byerekeye iterambere mu buhinzi kandi birumvikana kuko Kenya ifite inararibonye muri ibi kurusha u Burundi.

TAGGED:BurundifeaturedInkaKenya
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Dr Sabin Nsanzimana Wayoboraga RBC Yahawe Izindi Nshingano
Next Article Kwiyemeza Nibyo Bituranga- Umuyobozi Wa RDB Clare Akamanzi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Gisagara: Bakurikiranyweho Guca Umucuruzi Ijosi

Ofisiye Ba Israel Bategetswe Gukoresha Mu Kazi iPhones Gusa 

I Rulindo Ngo Bagira Isuku Nyinshi

Indonesia: Abahitanywe N’Imyuzure Bamaze Kugera Kuri 414

Tshisekedi Hari Ibyo Avuga Ko Atazasinyira i Washington

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

Ikipe Y’u Rwanda Ya Basketball Yakubiswe Incuro Ku Mukino Wa Mbere Ugana Ku Gikombe Cy’Isi

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

You Might Also Like

Mu Rwanda

Uburayi: Abanyamuryango Ba FPR-Inkotanyi Baganiriye Ku Iterambere Ry’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

RDF Ikomeje Kubakira Ubushobozi Ingabo Za Centrafrique 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'Abaturage

Nyamasheke: Bahangayikishijwe N’Uko Bateye Imyaka Ikuma Inzara Ikaba Ibugarije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Guverineri Kayitesi Asobanura Uko Abatuye Intara Ye Bava Mu Bukene

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?