Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kenya:Umwe Mu Bagize Komisiyo Y’Amatora YISHWE
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Kenya:Umwe Mu Bagize Komisiyo Y’Amatora YISHWE

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 August 2022 8:26 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma y’amakuru yavugaga ko umugabo witwa Daniel Mbolu Mushyoka yaraburiwe irengero, Polisi yatangaje ko yabonye umurambo we ahitwa Kajiado.

Bamusanze yiciwe mu ishyamba riri hafi aho.

Bashiki ba nyakwigendera nibo babonye umurambo we barawumenya bahamariza Polisi ko uwishwe ari musaza wabo.

Basanze abantu baramwishe barangije bajugunya umurambo we aho hantu hakunze gutoragurwa imirambo.

Polisi ivuga ko umubiri w’uriya mugabo basanzeho ibikomere byerekana ko ashobora kuba yabanje kugundagurana n’abashakaga kumwica.

Ikindi yemeza ni uko ngo uriya mugabo yiciwe ahandi hantu, umurambo we ujugunywa mu gace bawusanzemo.

Ikindi ngo ni uko nta nyandiko imuranga cyangwa indi iyo ari yo yose yari afite.

Uyu mugabo wari usanzwe ukora muri Komisiyo y’igihugu y’amatora yishwe ku munsi iyi Komisiyo yatangarije ibyayavuyemo.

Byagaragaje ko William Ruto ari we wayatsinze ku manota 50.49% mu gihe Raila Odinga bari bahanganye yagize 48%.

Hari impungenge ko muri kiriya gihugu hashobora kuba imidugararo itewe n’abatishimiye intsinzi ya Ruto.

Mu Gihe Ruto Yishimira Intsinzi, Abo Kwa Odinga Barakaye

TAGGED:AmatorafeaturedKenyaKomisiyoOdingaRuto
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mu Gihe Ruto Yishimira Intsinzi, Abo Kwa Odinga Barakaye
Next Article Ku Munsi W’Igikundiro, Rayon Yatsinzwe N’Umushyitsi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuvuno Wa Leta Wo Guca Amapfa Muri Kayonza

Trump Yeruye Arega BBC Ngo Imwishyure Miliyari $10

M23 Yemeye Kuva Muri Uvira Ariko Igira Ibyo Isaba…

Ruhango: Bakurikiranyweho Kwica Urubozo Uwo Bafitanye Isano

Abanyarwanda Babiri Baguye Mu Mpanuka Yabereye Uganda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kwinjira Muri Amerika Bigiye Kugora Abakoresheje Imbuga Nkoranyambaga Uko Itabishaka

MINAGRI Yemeje Urwego Rwemerewe Kwita Ku Mbuto

Uburundi Buvuga Ko Nibiba Ngombwa Buzarwana N’u Rwanda 

Venezuela Ivuga Ko Trump Nta Kindi Ayishakaho Kitari Petelori

Harakurikiraho Iki Nyuma Y’Ifatwa Rya Uvira?

You Might Also Like

Mu mahanga

Tshisekedi Arashaka Ubufasha Bwa Gisirikare Bwa Angola

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Pariki Y’Akagera Yinjije Miliyari Frw 6.7, Imwe Iyiha Abaturage

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Guinée-Bissau: Inshuti Y’Uwahoze Ari Perezida Yafatiwe Mu Ndege Afite Ivarisi Yuzuye Amafaranga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Ingabo Zirenga 2,000 Za DRC n’Aba Wazalendo Zamaze Kugera Mu Burundi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?