Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kenya:Umwe Mu Bagize Komisiyo Y’Amatora YISHWE
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Kenya:Umwe Mu Bagize Komisiyo Y’Amatora YISHWE

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 August 2022 8:26 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma y’amakuru yavugaga ko umugabo witwa Daniel Mbolu Mushyoka yaraburiwe irengero, Polisi yatangaje ko yabonye umurambo we ahitwa Kajiado.

Bamusanze yiciwe mu ishyamba riri hafi aho.

Bashiki ba nyakwigendera nibo babonye umurambo we barawumenya bahamariza Polisi ko uwishwe ari musaza wabo.

Basanze abantu baramwishe barangije bajugunya umurambo we aho hantu hakunze gutoragurwa imirambo.

Polisi ivuga ko umubiri w’uriya mugabo basanzeho ibikomere byerekana ko ashobora kuba yabanje kugundagurana n’abashakaga kumwica.

Ikindi yemeza ni uko ngo uriya mugabo yiciwe ahandi hantu, umurambo we ujugunywa mu gace bawusanzemo.

Ikindi ngo ni uko nta nyandiko imuranga cyangwa indi iyo ari yo yose yari afite.

Uyu mugabo wari usanzwe ukora muri Komisiyo y’igihugu y’amatora yishwe ku munsi iyi Komisiyo yatangarije ibyayavuyemo.

Byagaragaje ko William Ruto ari we wayatsinze ku manota 50.49% mu gihe Raila Odinga bari bahanganye yagize 48%.

Hari impungenge ko muri kiriya gihugu hashobora kuba imidugararo itewe n’abatishimiye intsinzi ya Ruto.

Mu Gihe Ruto Yishimira Intsinzi, Abo Kwa Odinga Barakaye

TAGGED:AmatorafeaturedKenyaKomisiyoOdingaRuto
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mu Gihe Ruto Yishimira Intsinzi, Abo Kwa Odinga Barakaye
Next Article Ku Munsi W’Igikundiro, Rayon Yatsinzwe N’Umushyitsi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

BRD Yahawe Umuyobozi Mushya

Musanze: Polisi Yabatunguye Bari Gukora Inzoga Zitemewe

Ibitabo Umuntu Yandika Ni Umutungo We Bwite Ashobora No Gutanga- Prof Nzeyimana Wigisha Filozofiya

Minisitiri W’Umutekano Asaba Abaturage Kuzirikana Ko Umutekano Ugira Ikiguzi

Hashyizweho Itsinda Rizakurikirana Uko Kuhira Imyaka Bizakorwa Muri Kayonza

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ababitse Ibitabo By’Amateka Y’u Rwanda Barasabwa Kubishyira Inkoranyabitabo Y’Igihugu

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Ntizemerewe Gucumbikirwa Mu Miryango 

Kagame Yibukije Abanyamuryango Ba FPR-Inkotanyi Ko Ruswa Ikiri Ikibazo

Ikawa Niyo Yinjirije u Rwanda Menshi Mu Bihingwa Rwagurishije Mu Mahanga

Rwanda:Abagore Bakina Shampiyona Y’Umupira W’Amaguru Banenga Imisifurire

You Might Also Like

Mu Rwanda

Guverineri W’Intara y’Amajyaruguru Asaba Abaturage Kwitabira Gutera Ibiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

M23 Ivuga Ko Yakuye Abarwanyi Bayo Muri Uvira, Leta Ya Kinshasa Iti: ‘Murabeshya!’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abanyarwandakazi Bafite Ubumuga Bwo Kutabona Barataka Kubera Ihohoterwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

RDB Yongereye Amasaha Yo Gufungura Utubari 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?