Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kicukiro: Bagwiriwe N’Urukuta Rwa Lodge Bari Baryamyemo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUmutekano

Kicukiro: Bagwiriwe N’Urukuta Rwa Lodge Bari Baryamyemo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 April 2025 11:01 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Urukuta rwagwiriye abari bacumbitse aha hantu( Ifoto@Moses Bahati)
SHARE

I Nyarugunga mu Karere ka Kicukiro ahitwa ku Mulindi haraye habeye ibyago byatewe n’urukuta rwagwiriye abantu bari bacumbitse mu nzu yabigenewe,  babiri bajyanwa kwa muganga.

Byabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki 12, Mata, 2025 umwe mu minsi yaguyemo imvura nyinshi kurusha indi irindwi ishize.

Byabaye saa saba n’igice bibera ku macumbi aturanye n’akabari kitwa Right Bar.

Umwe mu bakora muri iriya nzu y’amacumbi iri ku Mulindi yabwiye The New Times ko inkuta zahirimiye abacumbitsi mu ma saa saba z’amanywa.

Uwatanze ayo makuru yitwa Sylvèstre Nsengiyumva akaba yagize ati: “ Abakiliya babiri bari baryamye muri kimwe mu byumba byacu bahirimiwe n’urukuta rurabakomeretsa cyane”.

Umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali CIP Wellars Gahonzire yabwiye Taarifa Rwanda ko abakomeretse bagiye kuvurirwa mu bitaro bya Masaka biri mu Murenge wa Masaka mu Karere ka Kicukiro, ariko undi muturage wari uri muri ibyo byumba we ahava ari mutaraga.

CIP Gahonzire avuga ko ikibabaje ari uko nyiri iryo cumbi atari yararishyirishije mu bwishingizi, bityo akaba yabihombeye, ibintu Gahonzire avuga ko bidakwiye.

Polisi ivuga ko yatangiye iperereza ryimbitse ku by’ukuri byaba byateye ibyo byago.

TAGGED:IcumbiImvuraKicukiroMulindiNyarugungaUrukuta
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Israel Iravugwaho Gusenya Ibitaro By’Indembe Muri Gaza
Next Article Ukraine: Uburusiya Buravugwaho Kurasa Missile Yishe Abasivile 31
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?