Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kicukiro: Umugabo Wari Warahahamuye Abaturage Yarafashwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Kicukiro: Umugabo Wari Warahahamuye Abaturage Yarafashwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 31 December 2022 3:18 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Murenge wa Masaka mu Karere ka Kicukiro hamaze iminsi humvikana abaturage batakaga ko hari umugabo witwa William Muhozi wari waribasiye abantu akabakubita ndetse bamwe ngo bikabaviramo urupfu ariko ntafatwe.

Uyu mugabo ariko yaje gufatwa nk’uko Umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali Chief Inspector of Police( CIP) Sylvestre Twajamahoro yabibwiye Taarifa.

Uwo mugabo yari yarazengereje abatuye Akagari ka Gitaraga mu Murenge wa Masaka mu Karere ka Kicukiro.

Umuturage umwe yabwiye bagenzi bacu ba TV 1 ko uriya mugabo yari afite urugomo rukomeye k’uburyo hari abo yakubitaga bagapfa ariko ‘ntabiryozwe.’

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Umuvugizi wa Polisi y’’u Rwanda mu Mujyi wa Kigali CIP Twajamahaoro ati: “ Ayo makuru nayumvise ariko iby’uko yakoraga urugomo akica abantu ntabwo ari byo. Yarafashwe, ashyikirizwa RIB, ari gukurikiranwa.”

Polisi isaba abaturage kwirinda amakimbirane no kwihanira.

Masaka mu Murenge wa Kicukiro

Ngo amategeko n’ubuyobozi nicyo bibereyeho.

Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, narwo ruherutse kuvuga ko uriya mugabo ari gukurikiranwa ariko ngo uwo yakubise ntiyapfuye ahubwo yagiye kuvuzwa.

Mwiriwe neza Kamanzi,turakumenyesha ko uregwa yarafashwe ari gukurikiranwa kuri #RIB Post ya @MasakaSector . Uwakubiswe ntabwo yapfuye yoherejwe kwa muganga kugira ngo avurwe anakorerwe isuzumwa.Murakoze https://t.co/GCWVovS8v0

— Rwanda Investigation Bureau (@RIB_Rw) December 30, 2022

- Advertisement -
TAGGED:KicukiroMasakaTwajamahoroUmuturageUrugomo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Akarere Ka Gisagara Kahakanye Ko Nta Muturage Wimwe Ibiribwa By’Ingoboka
Next Article Perezida W’u Burundi Yasenze Imana Ngo Igushe Imvura Mu Gihugu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?