Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kicukiro: Umugabo Wari Warahahamuye Abaturage Yarafashwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Kicukiro: Umugabo Wari Warahahamuye Abaturage Yarafashwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 31 December 2022 3:18 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Murenge wa Masaka mu Karere ka Kicukiro hamaze iminsi humvikana abaturage batakaga ko hari umugabo witwa William Muhozi wari waribasiye abantu akabakubita ndetse bamwe ngo bikabaviramo urupfu ariko ntafatwe.

Uyu mugabo ariko yaje gufatwa nk’uko Umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali Chief Inspector of Police( CIP) Sylvestre Twajamahoro yabibwiye Taarifa.

Uwo mugabo yari yarazengereje abatuye Akagari ka Gitaraga mu Murenge wa Masaka mu Karere ka Kicukiro.

Umuturage umwe yabwiye bagenzi bacu ba TV 1 ko uriya mugabo yari afite urugomo rukomeye k’uburyo hari abo yakubitaga bagapfa ariko ‘ntabiryozwe.’

Umuvugizi wa Polisi y’’u Rwanda mu Mujyi wa Kigali CIP Twajamahaoro ati: “ Ayo makuru nayumvise ariko iby’uko yakoraga urugomo akica abantu ntabwo ari byo. Yarafashwe, ashyikirizwa RIB, ari gukurikiranwa.”

Polisi isaba abaturage kwirinda amakimbirane no kwihanira.

Masaka mu Murenge wa Kicukiro

Ngo amategeko n’ubuyobozi nicyo bibereyeho.

Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, narwo ruherutse kuvuga ko uriya mugabo ari gukurikiranwa ariko ngo uwo yakubise ntiyapfuye ahubwo yagiye kuvuzwa.

Mwiriwe neza Kamanzi,turakumenyesha ko uregwa yarafashwe ari gukurikiranwa kuri #RIB Post ya @MasakaSector . Uwakubiswe ntabwo yapfuye yoherejwe kwa muganga kugira ngo avurwe anakorerwe isuzumwa.Murakoze https://t.co/GCWVovS8v0

— Rwanda Investigation Bureau (@RIB_Rw) December 30, 2022

TAGGED:KicukiroMasakaTwajamahoroUmuturageUrugomo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Akarere Ka Gisagara Kahakanye Ko Nta Muturage Wimwe Ibiribwa By’Ingoboka
Next Article Perezida W’u Burundi Yasenze Imana Ngo Igushe Imvura Mu Gihugu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Ruhango: Abasaza Babiri Bagiye Kwiba Umwe Arahagwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?