Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kigali: Abasheshe Akanguhe Bari Gupimwa COVID-19 Ku Buntu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Kigali: Abasheshe Akanguhe Bari Gupimwa COVID-19 Ku Buntu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 January 2021 10:11 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Itangazo ryasohowe n’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe ubuzima, RBC, rivuga ko guhera kuri uyu wa Gatandatu tariki 23, Mutarama, 2021 bamwe mu batuye Kigali bafite imyaka 70 kuzamura bagomba kujya ku tugari bagasuzumwa COVID-19 ku buntu.

Amakuru Taarifa yari ifite mbere y’uko RBC ibitangaza ku mugaragaro yavugaga ko abayobozi mu nzego z’ibanze cyane cyane ku kagari bagombaga gukusanya amakuru ku baturage bari muri kiriya kiciro.

Abayobozi bagombaga kumenya amazina na nomero za telefoni z’abo baturage.

Bagombaga kandi kugira amakuru ku baturage babo bafite ibimenyetso by’ibicurane, abafite uburwayi bwa diyabete, umwijima, indwara z’umutima  n’izindi.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

RBC ivuga ko hari gahunda yo gupima abatuye Kigali batari munsi ya 20 000.

Ni mu rwego rwo gusuzuma uko ubwandu buhagaze muri Kigali muri iki gihe cya ‘Kigali Guma mu Rugo.’

Abaturage bafite munsi y’imyaka 70 ariko bakaba bafite uburwayi twavuze haruguru nabo baragenda bagapimwa.

Kugira ngo bimenyekane ko runaka afite ubwo burwayi bisaba ko abigeza ku mukuru w’Umudugudu kandi hakaba hari amakuru y’uko ajya agira ibyo bibazo nyuma agashyirwa ku rutonde.

Abasaza n’abakecuru b’i Kigali bari gusuzumwa COVID-19

 

- Advertisement -
TAGGED:AbayoboziAkanguheCOVID-19featuredKigali
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwatubyaye Abdoul yabonye Ikipe muri Macédoine
Next Article Umunyamakuru w’Icyamamare Ku Isi Larry King YAPFUYE
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?