Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kigali: Abasheshe Akanguhe Bari Gupimwa COVID-19 Ku Buntu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Kigali: Abasheshe Akanguhe Bari Gupimwa COVID-19 Ku Buntu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 January 2021 10:11 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Itangazo ryasohowe n’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe ubuzima, RBC, rivuga ko guhera kuri uyu wa Gatandatu tariki 23, Mutarama, 2021 bamwe mu batuye Kigali bafite imyaka 70 kuzamura bagomba kujya ku tugari bagasuzumwa COVID-19 ku buntu.

Amakuru Taarifa yari ifite mbere y’uko RBC ibitangaza ku mugaragaro yavugaga ko abayobozi mu nzego z’ibanze cyane cyane ku kagari bagombaga gukusanya amakuru ku baturage bari muri kiriya kiciro.

Abayobozi bagombaga kumenya amazina na nomero za telefoni z’abo baturage.

Bagombaga kandi kugira amakuru ku baturage babo bafite ibimenyetso by’ibicurane, abafite uburwayi bwa diyabete, umwijima, indwara z’umutima  n’izindi.

RBC ivuga ko hari gahunda yo gupima abatuye Kigali batari munsi ya 20 000.

Ni mu rwego rwo gusuzuma uko ubwandu buhagaze muri Kigali muri iki gihe cya ‘Kigali Guma mu Rugo.’

Abaturage bafite munsi y’imyaka 70 ariko bakaba bafite uburwayi twavuze haruguru nabo baragenda bagapimwa.

Kugira ngo bimenyekane ko runaka afite ubwo burwayi bisaba ko abigeza ku mukuru w’Umudugudu kandi hakaba hari amakuru y’uko ajya agira ibyo bibazo nyuma agashyirwa ku rutonde.

Abasaza n’abakecuru b’i Kigali bari gusuzumwa COVID-19

 

TAGGED:AbayoboziAkanguheCOVID-19featuredKigali
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwatubyaye Abdoul yabonye Ikipe muri Macédoine
Next Article Umunyamakuru w’Icyamamare Ku Isi Larry King YAPFUYE
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

DRC: Batangiye Gukingira Ebola

Ruhango: Abasaza Babiri Bagiye Kwiba Umwe Arahagwa

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?