Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kigali: Bisi 20 Za Mbere Zitezweho Koroshya Urujya N’Uruza Zahageze
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Kigali: Bisi 20 Za Mbere Zitezweho Koroshya Urujya N’Uruza Zahageze

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 October 2023 11:23 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umujyi wa Kigali, RURA n’izindi nzego zamurikiye itangazamakuru bisi nini zizafasha abatuye Umujyi wa Kigali mu kujya cyangwa kuva ahantu runaka badategereje igihe ‘kirekire’.

Zazanwe na Kompanyi y’ubwikorezi Jali Transport Ltd zikazunganira izariho mu gutwara abagenzi.

Guhera taliki 14, Ukwakira, 2023( ni ukuvuga kuri uyu wa Gatandatu) nibwo zitangira akazi.

Zifite ahagenewe abafite ubumuga

Umwihariko wazo kandi ni uko zifite imyanya yagenewe abafite ubumuga.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ku ikubitiro zizakorera muri Lignes za Downtown- Kimironko na Nyabugogo-Kimironko.

Guverinoma y’u Rwanda iri gukora uko ishoboye ngo yoroshye ikibazo cy’ubuke bw’imodoka zitwara abagenzi mu Mujyi wa Kigali ariko urugendo ruracyari rurerure ushingiye ku bwinshi bw’ibindi binyabiziga, ubuto bw’Umujyi wa Kigali n’ubwinshi bw’abawutiye badafite imodoka zabo bwite.

Amafoto@RadioTV10 Rwanda

TAGGED:AbagenziBisifeaturedRURARwandaUmuhanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uwunganira Abakekwaho Jenoside Yakorewe Abatutsi Yayipfobereje Mu Rukiko
Next Article Kugona Biterwa N’Iki Kandi Bigira Izihe Ngaruka?
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?