Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kigali: Bisi 20 Za Mbere Zitezweho Koroshya Urujya N’Uruza Zahageze
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Kigali: Bisi 20 Za Mbere Zitezweho Koroshya Urujya N’Uruza Zahageze

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 October 2023 11:23 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umujyi wa Kigali, RURA n’izindi nzego zamurikiye itangazamakuru bisi nini zizafasha abatuye Umujyi wa Kigali mu kujya cyangwa kuva ahantu runaka badategereje igihe ‘kirekire’.

Zazanwe na Kompanyi y’ubwikorezi Jali Transport Ltd zikazunganira izariho mu gutwara abagenzi.

Guhera taliki 14, Ukwakira, 2023( ni ukuvuga kuri uyu wa Gatandatu) nibwo zitangira akazi.

Zifite ahagenewe abafite ubumuga

Umwihariko wazo kandi ni uko zifite imyanya yagenewe abafite ubumuga.

Ku ikubitiro zizakorera muri Lignes za Downtown- Kimironko na Nyabugogo-Kimironko.

Guverinoma y’u Rwanda iri gukora uko ishoboye ngo yoroshye ikibazo cy’ubuke bw’imodoka zitwara abagenzi mu Mujyi wa Kigali ariko urugendo ruracyari rurerure ushingiye ku bwinshi bw’ibindi binyabiziga, ubuto bw’Umujyi wa Kigali n’ubwinshi bw’abawutiye badafite imodoka zabo bwite.

Amafoto@RadioTV10 Rwanda

TAGGED:AbagenziBisifeaturedRURARwandaUmuhanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uwunganira Abakekwaho Jenoside Yakorewe Abatutsi Yayipfobereje Mu Rukiko
Next Article Kugona Biterwa N’Iki Kandi Bigira Izihe Ngaruka?
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

You Might Also Like

Ububanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Mu Ihurizo Ryo Kureba Uko Atakweguzwa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Kagame Aritabira Inama Transform Africa Summit Muri Guinea Conakry 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?