Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kigali Green Complex: Inyubako Ya Mbere Ndende Mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Kigali Green Complex: Inyubako Ya Mbere Ndende Mu Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 September 2023 10:05 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Iterambere ry’u Rwanda muri rusange ribanziriza mu Murwa mukuru warwo ari wo Kigali. N’ubwo ryaguka rikagera n’ahandi vuba kuko igihugu ari gito kandi kiyobowe neza, ibintu byose biranga iterambere ry’u Rwanda bibanza muri Kigali.

Ibyinshi muri ibyo biranga amajyambere ni ibikorwaremezo birimo imihanda, imodoka cyangwa moto zikoresha amashanyarazi, cameras za polisi zituma abantu birinda umuvuduko munini n’ibindi.

Mu rwego rw’ibikorwaremezo, u Rwanda rubinyujije mu kigo cyarwo cy’ubwiteganyirije, rugiye kubaka inzu idasanzwe haba mu myubakirwe ndetse no mu kamaro kayo mu kurengera ibidukikije.

Bayise Kigali Green Complex, ikazaba ifite igeretse etaje 26 bityo ikazaba ari yo ya mbere ndende mu Rwanda.

Ikigo gishamikiye kuri RSSB kitwa Ultimate Developers Limited nicyo kizayubaka.

Nicyo gifite inshingano zo kubakira RSSB inyubako n’ibindi bikorwaremezo bibyara inyungu.

Ni ikigo cyashinzwe mu mwaka wa 2011.

Amakuru avuga ko inyubako Kigali Green Complex izubakwa mu kibanza kigari kiri ahahoze Inzu ndangamurage y’u Rwanda n’Ubufaransa.

Hagati aho hari indi mishinga iremereye ijyanye n’ubwubatsi Leta y’u Rwanda ishaka kubaka mu nyungu rusange z’abaturage harimo n’inzu izubakwa ahahoze Minisiteri y’ubutabera yitwa Inzovu Mall.

TAGGED:BufaransafeaturedIbidukikijeInzuKigaliRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article DRC: Bujakera Wa Jeune Afrique Yimuriwe Muri Gereza Nkuru
Next Article Hashyizeho Uburyo Bukomatanyije Bwo Gukemura Ibibazo By’Abana
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ababyeyi Baraburirwa Ko Tik Tok Ibangiriza Abana

Trump Yahaye Hamas Igihe ‘Ntarengwa’ Ngo Yemere Umugambi W’Amahoro Yateguye

Bobi Wine Arashinja Polisi Kumubuza Kwiyamamaza

Abanyarwanda Barashukwa Bagaca Mu Bushinwa Bakisanga Mu Bucakara- Amb Kimonyo 

Kagame Yibukije Ingabo Z’u Rwanda Kuzibukira Ubusinzi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Yabwiye Abateguye UCI Ko Bahawe Ikaze Mu Rwanda Igihe Cyose Bazashakira

Abangavu B’Abanyarwakazi Batsinzwe Bahabwa Amadolari

Amasezerano Y’u Rwanda N’Ibirwa Bya Trinidad And Tobago Mu Bwikorezi

Rwanda: Umunya Slovenia Atwaye Isiganwa Ry’Isi Mu Bagabo Batwara Igare

Ubushinwa: Huzuye Ikiraro Cya Mbere Kiri Ku Butumburuke Buruta Ubundi Ku Isi

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Airtel Rwanda Yahawe Umuyobozi Mushya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Tombola Inzozi Lotto Yahagaritswe Gukorera Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Hafi Kimwe Cya Kabiri Cy’Ibyo u Rwanda Rwohereza Mu Muhanga Gikomoka Ku Buhinzi- PM Nsengiyumva

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu Rwanda

U Rwanda Rugiye Gushinga Ikigo Gitoza Gukumira Ibitero By’Ikoranabuhanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?