Iterambere ry’u Rwanda muri rusange ribanziriza mu Murwa mukuru warwo ari wo Kigali. N’ubwo ryaguka rikagera n’ahandi vuba kuko igihugu ari gito kandi kiyobowe neza, ibintu...
Nyuma y’ibiganiro byabaye hagati ya Minisitiri w’Intebe wa Niger hamwe n’ubuyobozi bw’Ubufaransa, byatangajwe ko ingabo z’iki gihugu ziri hagati y’abantu 1200 na 1500 zitangira kuva muri...
Abafata ibyemezo muri Niger batangaje ko guhera mu ntangiriro za Nzeri, 2023 igiciro cya Iranium idatunganyije icukurwa muri iki gihugu kizamutse. Cyavuye ku mafaranga y’ama CFA...
Ambasaderi w’Ubufaransa muri Niger witwa Sylvain Itté yatangaje ko hari amabwiriza yaturutse i Paris yamaze guhabwa abasirikare b’Ubufaransa yo kurwana n’ingabo za Niger nizongera kuvogera inyungu...
Abasirikare bayoboye Niger birukanye Ambasaderi w’Ubufaransa ku butaka bw’igihugu cyabo, bamuha amasaha 48 ngo abe yarangije kubavira ahabo. Ni icyemezo kije gitsindagira ko ubutegetsi bw’aba basirikare...