Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kigali: Hari Kubakwa Inzu Mberabyombi Y’Imikino Itanu Ikinirwa Mu Nzu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Kigali: Hari Kubakwa Inzu Mberabyombi Y’Imikino Itanu Ikinirwa Mu Nzu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 January 2024 12:54 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Karere ka Gasabo hari kubakwa inzu mberabyombi izakinirwamo imikino y’amaboko ikinirwa imbere mu nzu. Ni inzu y’ishuri ya Ecole Belge de Kigali, izaba ifite ubushobozi bwo kwakira imikino itanu itadukanye.

Iyo ni Basketball, Volleyball, Netball, Handball n’umupira w’amaguru ukinirwa mu nzu bita  Futsal/football en sale.

Iyi nzu niyuzura izaba ifite ubushobozi bwo kwakira abantu 1,200 bicaye batabyigana.

Imirimo yo kuyubaka igeze kuri 80% kandi ngo bitarenze  Gashyantare, 2024 izaba yatangiye kwakira imikino itandukanye kuko izaba yiteguye.

Umuyobozi ushinzwe ubutegetsi n’imari muri École Belge de Kigali, Nkurunziza Gustave avuga ko intego nyamukuru yatumye bubaka iyi nzu igezweho y’imikino ari ugushakira ahantu heza abana babo bazakorera siporo.

Yagize ati: “ Ubu tugeze kuri 80%, turi mu mirimo ya nyuma ndetse bitarenze muri Gashyantare amarushanwa n’imikino itandukanye bizahabwa ikaze hano ndetse n’abana bacu ntabwo bazongera gukorera siporo ku zuba kuko ntabwo bijyezweho.”

Iyi nyubako izuzura itwaye agera kuri Frw 900.000.000 kandi izaba ifunguye ku bashaka kuyikiniramo bitoza cyangwa barushanwa.

TAGGED:BelgeEcoleImikinoInzuKigali
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gicumbi: Umukozi W’Umurenge Yibwiye Umugore We Ko Agiye Kwiyahura Birapfuba
Next Article Kazungu Agiye Kuburana Mu Mizi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

Ibanga Kepler Yakoresheje Ngo Ihagarare Neza Muri Basket Y’Abagore

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

U Rwanda Rwatangiye Amarushamwa Nyafurika Ya Basketball Rutsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?