Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kigali Ni Iya Gatatu Muri Afurika Mu Kuba Ahantu Heza Hatanga Serivisi Z’Imari
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Kigali Ni Iya Gatatu Muri Afurika Mu Kuba Ahantu Heza Hatanga Serivisi Z’Imari

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 February 2024 7:12 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

U Rwanda rwaje imbere ya Kenya na Afurika y’Epfo mu kugira Ikigo gitanga serivisi zinoze z’imari  binyuze mu kigo Kigali International Finincial Center, KIFC.

Byatangarijwe muri raporo ikorwa n’Abongereza n’Abashinwa ikubiyemo uko ibigo by’ibihugu bitanga serivisi z’imari bikora ku isi hose.

Icya mbere ku isi ni icyo muri Amerika, New York, kikagira amanota 763 mu gihe Kigali ari iya 81 ku rwego rw’isi ikagira amanota 651.

Johannesburg ya Afurika y’Epfo iri ku mwanya wa 83 n’amanota 642, Nairobi ikaza ku mwanya wa 90 n’amanota 629.

U Rwanda kandi ruri imbere y’ibirwa bya Maurices, Marroc, Thailand, Ubufaransa( Monaco), Teheran(Iran), Santiago(Chile), Warsaw(Poland), Athens( Ubugereki) n’ahandi.

Ikigo mpuzamahanga cya Kigali gishinzwe iby’imari cyatangajwe ko ari icya karindwi ku isi mu kuba cyarakoze impinduka zatanze umusaruro.

u Rwanda ruhagaze neza mu micungire y’imari ku rwego mpuzamahanga

Raporo  Global Financial Centres Index ikorwa n’ibigo Z/Yen Partners cy’Abongereza gikorana n’ikindi kitwa  China Development Institute.

Kimaze imyaka 16 gikora izi raparo kandi zisohoka kabiri mu mwaka kugira ngo hakomeze harebwe uko inzego z’imari zikora hirya no hino ku isi.

TAGGED:featuredIkigoImariKigali
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubushinjacyaha Bwasabye Urukiko Kudaha Agaciro Ubusabe Bwa Ingabire
Next Article Iwabo Luvumbu Yakiriwe Gitwari
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?