Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kigali: Yishimira Ko Kwagura Amarembo Byafashije Abanyarwanda Kwiga Imahanga
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Kigali: Yishimira Ko Kwagura Amarembo Byafashije Abanyarwanda Kwiga Imahanga

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 January 2024 3:54 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Rukundo Benjamin ni rwiyemezamirimo ufite ikigo gifasha Abanyarwanda kubona ibyangombwa byo kujya kwiga, gukorera cyangwa gutura mu mahanga.

Mu kiganiro gito yahaye Taarifa ashima ko mu myaka irindwi yaranze manda ya Perezida Kagame iri kurangira u Rwanda rwaguye amarembo bituma abagana amahanga biborohera.

Ibi byagendanaga n’umutekano bari bafite.

Avuga kandi ko bahaye akazi abantu batandukanye kugira ngo bikenure mu bihe byakurikiye COVID-19.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ati: ” Umutekano no kwagura amarembo byakozwe n’ubuyobozi bw’igihugu cyacu muri manda ya Perezida riri kurangira nibyo byatumye abajya hanze biyongera kandi bikorwa neza.”

Abenshi mubaza kwaka ziriya nyandiko ni abajya muri Canada kwiga.

Abanyarwanda benshi bakunda kwiga muri Canada

Impamvu ituma abantu bashaka kujya muri Canada ni uko umunyeshuri yigayo ariko afite n’akazi nk’uko Rukundo Benjamin abivuga.

TAGGED:AmahoroCanadafeaturedRwiyemezamirimo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abayahudi Nta Hantu Hatekanye 100% Dufite Ku Isi- Amb Einat Weiss
Next Article Kayonza: Bemeza Ko Isuku Mu Mashuri Bayigize Umuco
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?