Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kigali: Zimbabwe Na Sri Lanka Byakomeje Guhagarikwa Muri FIFA
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Kigali: Zimbabwe Na Sri Lanka Byakomeje Guhagarikwa Muri FIFA

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 March 2023 2:24 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mbere y’uko amatora ya Perezida mushya wa FIFA atangira kuri uyu wa Kane taliki 16, Werurwe, 2023 intumwa za federasiyo 211 ziyitabiriye zabanje gutorera ingingo y’uko Zimbabwe na Sri Lanka byakwemerwa gutora.

Federasiyo 199 zatoye zanga ko Zimbabwe itora n’aho izindi 197 zitora zanga ko Sri Lanka nayo ibyemererwa.

Byanzuwe ko ibi bihugu bikomeza guhagarikwa mu kugira uruhare mu matora ya FIFA no mu bindi bikorwa kuzageza igihe bizakomorerwa.

Sri Lanka yakomanyirijwe mu ntangirira za Mutarama, 2023 izira ko Federasiyo yayo y’umupira w’amaguru yivanze mu bibazo bya Politiki byari muri kiriya gihugu kiri ku mugabane w’Aziya.

Icyo gihe muri Sri Lanka hari habaye amatora y’Umukuru w’igihugu.

Mbere y’aho gato, ni ukuvuga mu mwaka wa 2022 Zimbabwe nayo yahagaritswe mu bikorwa bya FIFA kubera ko Guverinoma ya kiriya gihugu yivanze mu mitegurirwe y’imikino harimo n’umupira w’amaguru.

Mu nama y’Inteko rusange ya FIFA yabereye i Kigali, hemerejwe ko nyuma yo gusuzuma uko ibyo bihugu byimbi  byitwaye mu bibazo byatumye Federasiyo zabyo zihagarikwa, byagaragaye ko nta kwikosora kurabaho bityo ko bikomeza guhagarikwa muri FIFA.

Mu bindi byigiwe muri iyi nteko harimo gusuzuma uko ingengo y’imari ya FIFA yakoreshejwe mu mwaka washize, ndetse no gutora uko ingengo ya 2023 kuzageza mu mwaka wa 2026 izagenda, hibandwa ku mwaka wa 2024.

TAGGED:AmatorafeaturedFIFAImariInfantinoIntekoSri LankaZimbabwe
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umwuka Ukomeje Kuba Mubi Hagati Ya Perezida Ruto Na Odinga
Next Article Ibikubiye Mu Masezerano Hagati Ya FERWACY N’Ishyirahamwe Ry’Umukino W’Igare Ku Isi…
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?