Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kimenyi Yves Yambitse Impeta Miss Muyango
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Kimenyi Yves Yambitse Impeta Miss Muyango

taarifa@media
Last updated: 01 March 2021 7:53 am
taarifa@media
Share
SHARE

Kimenyi Yves ukinira Kiyovu Sports FC yambitse impeta Muyango Claudine wamenyekanye muri Miss Rwanda 2019, amusaba kumubera umugore, undi arabimwemerera.

Ni umuhango wabaye ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru.

Urukundo rwa Kimenyi Yves na Muyango rwamamaye rwagati mu mwaka wa 2019, mu Ukwakira uwo mwaka Muyango akorera umukunzi we ibirori byo kumwifuriza isabukuru nziza, amusezeranya urukundo rudashira.

Icyo gihe benshi bahise batangira gutekereza ko bombi baba benda kubana nk’umugore n’umugabo, ariko icyo cyemezo bagitangaje nyuma y’imyaka ibiri.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Miss Uwase Muyango Claudine yamamaye mu irushanwa rya Miss Rwanda 2019 ubwo yaserukiraga Intara y’Amajyepfo, aza no kugaragara mu bakobwa 15 bageze mu cyiciro cya nyuma cy’iryo rushanwa.

Ni mu gihe umukunzi we Kimenyi Yves asanzwe ari umukinnyi w’umupira w’amaguru, muri Gicurasi 2020 werekeje muri muri Kiyovu Sports ku masezerano y’imyaka ibiri, nyuma y’igihe akinira Rayon Sports.

Kimenyi yageze muri Rayon Sports muri Nyakanga 2019 avuye muri APR FC, nayo aza kuyivamo kubera ko itamuhaye ibyo bumvikanye ubwo yayerekezagamo.

Bivugwa ko yari yahawe miliyoni 2 Frw gusa muri miliyoni 8 Frw yaguzwe. 

Kimenyi ni umwe mu bakinnyi b’ikipe y’igihugu Amavubi baheruka mu irushanwa ry’amakipe agizwe n’abakina muri shampiyona z’imbere mu bihugu bya Afurika, CHAN, ryabereye muri Cameroon.

- Advertisement -

Amavubi yagarukiye muri kimwe cya kane.

View this post on Instagram

A post shared by Taarifa (@taarifarwanda)

Ibyishimo byari byose kuri Muyango na Kimenyi
Basomanye biratinda
Urukundo rwabo rumaze iminsi rushyushye
Ntabwo Kimenyi na Muyango bigeze bahisha ko bakundana
TAGGED:featuredKimenyi Yves
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyamagabe: Umupfakazi Wa Jenoside Yishwe Akaswe Ijosi
Next Article Umugororwa Yarasiwe I Rusizi Arapfa
1 Comment
  • Stanton says:
    19 March 2021 at 5:48 am

    Its such as you read my thoughts! You seem to know a lot approximately this, such as you wrote the book in it
    or something. I believe that you could do with some % to drive the message house a little bit, however other than that, that
    is excellent blog. A fantastic read. I will certainly
    be back.

    Reply

Leave a Reply to Stanton Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?