Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Koreya Y’Epfo: Uruganda Rukora Batteries Rwaturitse Hapfa Benshi 
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Koreya Y’Epfo: Uruganda Rukora Batteries Rwaturitse Hapfa Benshi 

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 June 2024 1:45 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Rumwe mu nganda zikomeye muri Koreya y’Epfo rwaturitse nyuma y’uko ahakorerwa amabuye atwara imodoka ya lithium hafashwe n’inkongi.

Abantu 16 bahise bahasiga ubuzima.

Urwo ruganda rukorera ahitwa Hwaseong uyu ukaba umujyi uherereye mu bilometero 45 uturutse mu Murwa mukuru, Seoul.

Hari amashusho yatambutse ku mbuga nkoranyambaga yerekana umuriro uri kwaka, abatabazi bagerageza kuwuzimya.

Igisenge cy’aho uyu muriro watangiriye cyaje gushya kirariduka.

Koreya y’Epfo isanzwe izwiho kuba ahantu hakorerwa batteries( amabuye) zishyirwa muri mudasobwa zigendanwa no mu modoka zikoresha amashanyarazi.

Abantu 16 bahasize ubuzima kandi abandi barindwi barakomereka cyane.

Aho izo batteries zari zihunitse hari izindi 35,000 zari zihabitse.

Habanje umuriro muke ariko uza kwiyongera waduka n’ahandi ibindi birakomera kandi aho uwo muriro wadutse hari abakozi 100.

Abize ubutabire babwiye BBC ko iyo amabuye arimo lithium iyo ashyushye cyane cyangwa yangiritse bikomeye ashobora guturika.

TAGGED:featuredInkongiKoreyaUruganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article FPR Izaba Hafi Umuryango W’Uwazize Umuvundo W’Aho Kagame Yiyamamarije
Next Article Kagame Yageze I Muhanga Kwiyamamaza
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

You Might Also Like

Ububanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Mu Ihurizo Ryo Kureba Uko Atakweguzwa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Kagame Aritabira Inama Transform Africa Summit Muri Guinea Conakry 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?