Guverinoma y’u Rwanda binyuze mu Kigo cy’ingufu za Atomique gishamikiye kuri Minisiteri y’ibikorwa remezo, yasinyanye amasezerano n’ikigo cy’Abadage n’abanya Canada kitwa Dual Fluid agamije kurufasha kubona...
Kuri uyu wa Kane taliki 03, Kanama, 2023 Perezida Paul Kagame yatashye uruganda rwa sima rwuzuye mu Karere ka Muhanga mu Murenge wa Nyamabuye. Umwe mu...
Komisiyo yashyizweho n’Ibiro by’Umukuru wa Gambia yatangaje ko yakusanyije ibihamya byerekana ko abana 70 baherutse gupfa mu buryo bumwe kandi butunguranye, bazize imiti batewe mu nshinge...
Abagize itsinda ry’uruganda rucukura zahabu yo muri Repubulika ya Congo rwitwa Primera Gold DRC SA baherutse gusaba abashoramari bo muri Leta ziyunze z’Abarabu kubafasha kubaka uruganda...
Aborozi b’inka bo mu bikuyu bya Gishwati banenga ubuyobozi bw’uruganda rubatunganyiza amata kutababwira uko imigabane barufitemo ihagaze kuko ngo hari amakuru bafite avuga ko rwahombye. Binubira...