Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ku Munsi Wa Kane W’Irushanwa Rya Cricket T20 U Rwanda Rwatsinze Nigeria
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Ku Munsi Wa Kane W’Irushanwa Rya Cricket T20 U Rwanda Rwatsinze Nigeria

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 June 2021 7:02 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ikipe ya NIGERIA niyo yatsinze imaze guhitamo gutangira  itera udupira mu rwego rwo gushaka kubuza U Rwanda gutsinda amanota menshi. N’ubwo ari uko bimeze ariko, u Rwanda rwaje kuyigora mu gice cya mbere kuko rwatsinze amanota 108(Total Runs) mudupira 120 bagombaga gutera (20 Overs)

Igice cya kabiri cyatangiye Nigeria irwana no gukuraho agahigo ikipe yu Rwanda yarimaze gushyiraho .

Ntibyayikundiye kuko mu dupira 120 bakubise tungana na Overs 20 bakozemo amanota 102 (102 Total runs ) mugihe ku ruhande rwa Nigeria hasohotse abakinnyi 8

(8Wickets)

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Byarangiye  Nigeria itabashije gukuraho agahigo kari kashyizweho nu Rwanda

Muri uyu mukino umukinnyi witwaye neza yabaye: HENRIETTE ISHIMWE Wu Rwanda

Abakinnyi b’u Rwanda barashaka kuzagitwara bagenzi babo

Mbere y’uyu mukino hari habanje undi wahuje Kenya yatsinzwe na Namibia amanota 110 kuri 74.

Ku isaha ya saa tatu n’igice  nibwo umukino wahuzaga KENYA na NAMIBIA watangiye ,ikipe ya KENYA itangira ikubita udupira. Ibi bikorwa mu rwego rwo kubuza uwo muhanganye kuza gutsinda amanota menshi .

Namibia yo yahisemo gutangira ikubita udupira ishaka gutsinda amanota menshi.

- Advertisement -

Igice cya mbere cyarangiye Namibia itsinze amanota 110(110 Total Runs) mu dupira 120 bagombaga gukubita(20 Overs)

Mu gihe Kenya yasohoye abakinnyi ba 6 ba Namibia(6 Wickets).

Igice cya 2 cyatangiye KENYA ariyo  ikina ishaka gukora amanota kuko yasabwaga amanota 111, NAMIBIA yari yarangije gutsinda amanota 110.

KENYA  yatangiye igice cya kabiri ifite akazi ko gukuraho icyo kinyuranyo cyashyizweho na Namibia kandi cyitari gito,

Yatangiranye umurego, ariko Namibia iyibera ibamba.

Minisitiri wa Siporo Aurore Munyangaju Mimosa yaje gushimira abakinnyi b’u Rwanda

Igice cya 2 cyarangiye Kenya itabashije gukuraho agahigo Namibia yari yashyizeho kuko yatsinze amanota 74 (74 Total Runs), mu dupira 84 gusa bari bamaze gukubita bingana n’ibyo bita  Overs 14.

Ku ruhande rwa Kenya abakinnyi 10 basohowe mu kibuga  na Namibia (10 Wickets) ari nayo mpamvu umukino wahise urangira.

Umukinnyi mwiza wumukino yabaye VICTORIA HAMUNYELA w’ikipe yigihugu ya NAMIBIA

Kuri uyu wa kane imikino ikazakomeza hakinwa imikino y’umunsi wa 5

KUWA 10, KAMENA 2021

Stade Mpuzamahanga ya Gahanga:

9:30am: Kenya vs. Rwanda

1:50pm: Nigeria vs. Botswana

Abakobwa ba Namibia batsinze aba Kenya
Bafite inyota yo kuzatwara igikombe

 

Henriette Ishimwe yitwaye neza
TAGGED:CricketfeaturedIrushanwaKenyaNamibiaNigeriaRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kigali: Police yerekanye Abantu 16 bafashwe batwaye ibinyabiziga basinze banarengeje amasaha y’ijoro
Next Article Amerika Yanyomoje Umuryango Wa Rusesabagina Uvuga Ko Yimwe Ibiribwa n’Imiti
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?