Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kuyobora Abanyarwanda Ntako Bisa-Kagame
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaPolitiki

Kuyobora Abanyarwanda Ntako Bisa-Kagame

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 July 2024 7:30 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umukandida wa FPR Inkotanyi Paul Kagame yabwiye abaturage bo mu Karere ka Kayonza, Rwamagana na Gatsibo ko kuyobora Abanyarwanda burya ntako bisa.

Avuga ko kubera iyo mpamvu u Rwanda rwateye imbere kandi ko ibyiza biri imbere kurushaho.

Ku rundi ruhande, avuga ko kugira ngo abantu bagere ku byiza byinshi ari ngombwa ko bubaka umutekano.

Yunzemo ko kugira ngo ibyo bizarambe ari na ngombwa ko amajyambere akomeza gushyirwamo imbaraga.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Kagame yabibukije ko ibyo abayoboke ba FPR bazakora taliki 15, Nyakanga, 2024 ari ugutora amajyambere, umutekano na Demukarasi.

Abaturage bamusubizaga ko nta wundi bazatora utari we.

Ati: “ Gutora ni ejo bundi ariko nanone ni kera”.

Avuga ko nyuma y’ayo matora azagaruka bakishimana.

Yasezeranyije abo muri iki gice cy’u Rwanda ko FPR-Inkotanyi izakomeza gushingira ku iterambere kugira ngo Abanyarwanda bigeze kure cyane mu majyambere.

- Advertisement -

Avuga ko abazatora FPR-Inkotanyi n’umukandida wayo nta kindi bazaba batoye kitari amajyambere.

Mbere y’uko aza muri Kayonza, Kagame yabanje mu Karere ka Nyagatare.

Muri Nyagatare yabwiye ab’aho ko akarere kabo ari ko Inkotanyi zinjiriyemo zije kubohoza u Rwanda kandi ko uko kwibohora kwatanze umusaruro.

TAGGED:AbanyarwandafeaturedKagameKayonzaRwamagana
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kuzana Abimukira Mu Rwanda Byongeye Kuzamo Inzitizi
Next Article U Rwanda Rurateganya Kubaka Uruganda Rukora Ibirahure
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?